BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > CAF CC: AS Kigali yasezerewe itarenze umutaru

CAF CC: AS Kigali yasezerewe itarenze umutaru

admin
Last updated: October 17, 2022 8:13 am
admin
Share
SHARE

Mu ijonjora rya Kabiri ry’amarushanwa Nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo [CAF Confederation Cup], ikipe ya Al Nasser yo muri Libya yasezereye AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda.

AS Kigali yasezerewe muri CAF Confederation Cup na Al Nasser

Ni umukino wabaye ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira 2022, ubera i Benghazi mu gihugu cya Libya.

AS Kigali yasabwaga gutsinda cyangwa ikahangayiriza ariko mu bitego, ntabwo byayikundiye kuko yatsinzwe igitego 1-0 ku munota wa 69.

Ikimara gutsindwa igitego, iyi kipe yari ihagarariye u Rwanda muri aya marushanwa, byari bisobanuye ko isigaranye amahirwe yo kunganya mu bitego ubundi igakomeza ariko si ko byayigendekeye.

Umukino warangiye, ikipe ya Al Nasser yahise isezerera AS Kigali gutyo. Bisobanuye ko iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, igomba kugaruka mu Rwanda igakomeza shampiyona.

Al Nasser igomba kuzatombora ikipe zirimo TP Mazembe n’izindi zasezerewe muri CAF Champions League. Izasezerera indi mu cyiciro kizakurikiraho, izahita ijya mu matsinda ya CAF Confederation Cup.

Haruna Niyonzima na bagenzi be byanze
Kakule Mugheni Fabrice nawe byanze
Rugirayabo Hassan ntiyari mwiza kuri uyu mukino

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?