BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Byamasheke: Nyuma y’impanuka y’urukuta ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi igahitana abantu 8 hari abahise batabwa muri yombi

Byamasheke: Nyuma y’impanuka y’urukuta ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi igahitana abantu 8 hari abahise batabwa muri yombi

sam
Last updated: September 10, 2025 10:39 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko hari abantu babiri batawe nuri yombi nyuma y’impanuka y’urukuta rwagwiriye abakozi ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyirahindwe I.

Ni impanuka yabaye ku wa 9 Nzeri 2025, Saa Tanu z’amanywa ubwo abo bakozi bari mu mirimo yo gukotera urwo rukuta rwubatswe ngo rufate ubutaka.

Aba bantu batawe muri yombi barimo gapita n’uwari ashinzwe imirimo.

Iyi mpanuka ikimara kuba abayobozi mu nzego z’umutekano, inzego z’ibanze, n’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) bageze aho byabereye batanga ubutumwa bw’ihumure.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Mupenzi Narcisse yavuze hari abantu babiri batawe muri yombi mu rwego rw’iperereza.

Yagize ati “Kubera iperereza, n’abantu bapfuye hari abantu babiri bafashwe ariko mu rwego rw’iperereza”.

Abo bimaze kumenyekana ko bapfuye ni abantu umunani mu gihe abakomeretse bagera kuri 13 barimo umunani bakomeretse bikomeye bajyanywe ku bitaro bya Kibogora.

Urukuta rwaguye rwari rumaze ibyumweru bibiri rwubakwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ghana yemeje ko yakiriye abimukira 14 birukanwe muri Amarika

1 Min Read
Mu Rwanda

Nyamasheke: Hamaze kumenyeka imibare y’agateganyo y’ababuriye ubuzima mu mpanukay’urukuta rwagwiriye abubakaga Urugomero rw’Amashanyarazi  

1 Min Read
Mu Rwanda

RIB yerekanye abiyise “ABAMENI” bacucuraga abaturage utwabo bakoresheje uburiganya

1 Min Read
Mu Rwanda

Minisitiri w’Uburezi yasabye ababyeyi kudaterera iyo mu burezi bw’abana babo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?