BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Burera: Arakekwaho kwica nyirakuru wari ufite imyaka 88

Burera: Arakekwaho kwica nyirakuru wari ufite imyaka 88

admin
Last updated: October 5, 2022 2:00 pm
admin
Share
SHARE

Sematabaro uri mu kigero cy’imyaka 26 arakekwaho kwica nyirakuru Nyirarugero Anne Marie w’imyaka 88, amuziza imitungo.

Burera ni mu ibarritukura

Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Ukwakira 2022, bibera mu Murenge wa  Gahunga, Akagari ka Gisizi, Umudugudu wa Ruri , Akarere ka Burera.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gisiza,Nizeyimana Davide, yabwiye UMUSEKE ko ukekwa yahise atabwa muri yombi.

Yagize ati “Byabaye nka saa moya n’igice, mpagera nka saa tatu. Ukekwa we ari mu baboko ya Polisi.”

Gitifu Nizeyimana avuga ko  asanzwe ari igihazi kuko yajyaga abuza umutekano abaturage. Avuga ko bikekwa kuba yamujijie imitungo.

Yagize ati “Ikibazo cyabayeho, uwo mugabo asanzwe agira ikibazo cyo kubuza umutekano. Kugeza ubwo n’umugore yari yaramutaye yarigendeye kubera inkoni, yigira iwabo.

Yarari ku musaba umurima kandi umukecuru ari mu cyiciro cya mbere, nta wo afite. Abo mu muryango bakamubwira ko nta bindi umukecuru afite, yashakaga kuba yazungura.”

Uyu muyobozi yasabye abaturage kujya bagaragaza ibibazo mbere y’uko hagaragara uhatakarizwa ubuzima.

Yagize ati “Ubutumwa twaha abaturage nu uko abaturage bafite Ibibazo nk’ibyo byo mu muryango bajya babigaragaza abaturage bakabafasha aho kugira ngo akibike ku mutima.”

UMUSEKE yamenye amakuru ko uwo mukecuru yishwe n’umwuzukuru we babanaga mu nzu,  gusa ikindi ni uko yari amaze umwaka afunzwe akekwaho kwangiza inzu ye no kumutemera urutoki, ariko aza gufungurwa nyuma yo kwirega no gusaba Imbabazi.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku Bitaro by’Akarere ka Musanze gukorerwa isusuzuma.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Ubutabera

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

2 Min Read
Ubutabera

Djihad akurikiranyweho ibyaha 9

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?