BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Bruce Melodie yageze i Bujumbura yakirwa n’ibizungerezi-AMAFOTO

Bruce Melodie yageze i Bujumbura yakirwa n’ibizungerezi-AMAFOTO

admin
Last updated: August 31, 2022 6:21 pm
admin
Share
SHARE

Umuririmbyi w’Umunyarwanda, Itahiwacu Bruce Melodie, yageze i Bujumbura mu Burundi yakirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye biganjemo ab’igitsina gore bari bitwaje indabo.

Abakobwa beza b’Abarundikazi bakirije indabo Bruce Melodie

Yagiye muri kiriya gihugu aho yitabiriye ibitaramo bibiri bikomeye azahakorera ku wa 2-3 Nzeri 2022.

Kujya gucurangira i Bujumbura byari bihanzwe amaso n’abakunzi b’umuziki by’umwihariko abafana be batuye i Burundi.

Ibi bitaramo yise “Bruce Melodie Live Bujumbura-Burundi” bije nyuma y’uko muri Nyakanga 2021 yahagarikiwe ibyo yagombaga gukorera muri kiriya gihugu byiswe ko ari ku mpamvu z’ingamba zo kwirinda Covid-19.

Icyo gihe, Minisitiri w’umutekano mu Burundi, Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugaruka yavuze ko nta bitaramo by’abanyarwanda bizakorerwa mu Burundi.

Ku wa 2 Nzeri 2022 Bruce Melodie azakora igitaramo kizinjirwamo n’abaherwe gusa “VIP Concert” ahitwa kuri Zion Beach.

Kwinjira mu myanya ya VVIP azaba ari 3.000.000 Fbu, VIP Prime 350.000 Fbu, VIP 200.000Fbu mu gihe ahasanzwe azaba ari 100.000Fbu.

Kuwa 3 Nzeri 2022 azataramira kuri Mess des Officier i Bujumbura aho kwinjira ari ibihumbi 50 Fbu muri VIP ahasanzwe bikaba ibihumbi 10 Fbu.

Bruce Melodie asohoka ku kibuga cy’Indege cya Bujumbura kitiriwe Melchior Ndadaye
Yaganiriye n’itangazamakuru ryo muri kiriya gihugu yizeza igitaramo cy’igitangaza

AMAFOTO @AKEZA.NET

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?