BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Bisengimana utoza Espoir yahakanye ko ari we wiguriye abakinnyi

Bisengimana utoza Espoir yahakanye ko ari we wiguriye abakinnyi

admin
Last updated: December 19, 2022 10:47 am
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru w’ikipe ya Espoir FC, Bisengimana Justin yakuyeho igihu ku byamuvuzweho ko yiguriye abakinnyi ariko bakaba badatanga umusaruro, ariko amakuru yandi avuga ko ashobora kwerekwa umuryango azizwa umusaruro nkene.

Bisengimana Justin yahakanye ko yiguriye abakinnyi muri Espoir FC

Ntabwo ibintu bimeze neza mu ikipe ya Espoir FC yo mu Akarere ka Rusizi, kuko iyi kipe iri ku mwanya wa nyuma n’amanota arindwi n’umwenda w’ibitego 16 mu mikino 14 imaze gukina.

Muri bimwe byakomeje kuvugwa ko iyi kipe iri kuzira, harimo kugurirwa abakinnyi batari ku rwego rwiza kandi bikavugwa ko baguzwe n’umutoza mukuru w’iyi kipe, Bisengimana Justin ariko nyiri ubwite yabihakanye yivuye inyuma.

Ati “Njye natangiye akazi hari abakinnyi benshi baguzwe. Abo si njye wabaguze kuko njye naje shampiyona igiye gutangira. Naguze abakinnyi batarenze barindwi barimo Munezero Fiston, Bigirimana Issa n’abandi.”

N’ubwo uyu mutoza avuga ibi ariko, amakuru aturuka i Rusizi aravuga ko yicariye intebe ishyushye kuko ashobora kwerekwa umuryango nyuma y’umusaruro mubi ikipe ifite.

Nyuma yo gutsindwa na Étincelles FC ibitego 2-0 i Rusizi, habaye inama idasanzwe yasize hafashwe umwanzuro urimo ko Justin mu gihe yatsindwa na Gorilla FC byaba bibi cyane kuri we.

Espoir FC iri mu bihe bibi bishobora kuyiganisha mu cyiciro cya Kabiri

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?