BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Basketball: Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ryabonye ubuyobozi bushya

Basketball: Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ryabonye ubuyobozi bushya

admin
Last updated: November 29, 2022 12:41 pm
admin
Share
SHARE

Biciye mu matora yakozwe ku mugaragaro, Ishyirahamwe ry’Abasifuzi basifura umukino wa Basketball [ARAB], iri shyirahamwe rizayoborwa na Zigama Désire mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere.

Zigama Désire yatorewe kuyobora ARAB kugeza mu 2025

Ku Cyumweru tariki 27 Ugushyingo 2022, habaye inama yahuje abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ba Basketball mu Rwanda [ARAB], yanabereyemo amatora ya Komite Nyobozi nshya mu myaka itatu iri imbere.

Muri iyi nama habereyemo amatora yasize Zigama Désire agizwe perezida wa ARAB kugeza mu 2025, visi perezida wa Mbere yabaye Muhirwa Carlos, visi perezida wa Kabiri aba Kubwimana Sosthène.

Abandi batowe ni Muhire Guèvara wagizwe Umunyamabanga Mukuru, Barigira Ahmed Djibril agirwa umubitsi, Nduwayezu Bruno aba umujyanama mu bya Tekiniki, mu gihe Ndererimana Léa yatorewe kuba umujyanama mu by’amatageko.

Iyi komite nyobozi ije isimbura iyayoborwaga na Ahimana Straton, yari yagiyeho mu 2019. Zigama n’abo bazafatanya, bazatangira inshingano tariki 10 Ukuboza 2022.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?