BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

sam
Last updated: May 29, 2024 9:57 am
sam
Share
SHARE

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire ye .

Barafinda yahishuye ko afite ubushake ndetse n’ubushobozi bwo guhanganira umwanya w’umukuru w’igihugu muri aya matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.

Barafinda yageze kuri NEC aherekejwe n’umugore we yakirwa na Perezida wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora Oda Gasinzigwa

Barafinda Sekikubo Fred wongeye gushaka kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu myaka yashize yavuzweho indwa yo mu mutwe ndetse anajyanwe no mubitaro byita ku barwaye izo ndwara (CRAES Ndera)

Ibi kandi byemejwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ubwo rwamusubizaga mu bitaro by’indwara zo mu mutwe kumusuzumisha ngo barebe uko ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze , nyuma yo gusezererwa n’ibitaro .

RIB yamujyanye mu bitaro bisuzuma bikanavura indwara zo  mu mutwe nyuma y’ibiganiro yakoreye ku  muyobora  wa YouTube birimo ibyagaragazaga ibimenyetso by’uko yaba afite ihungabana mu mutwe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?