BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

sam
Last updated: May 29, 2024 9:57 am
sam
Share
SHARE

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire ye .

Barafinda yahishuye ko afite ubushake ndetse n’ubushobozi bwo guhanganira umwanya w’umukuru w’igihugu muri aya matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.

Barafinda yageze kuri NEC aherekejwe n’umugore we yakirwa na Perezida wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora Oda Gasinzigwa

Barafinda Sekikubo Fred wongeye gushaka kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu myaka yashize yavuzweho indwa yo mu mutwe ndetse anajyanwe no mubitaro byita ku barwaye izo ndwara (CRAES Ndera)

Ibi kandi byemejwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ubwo rwamusubizaga mu bitaro by’indwara zo mu mutwe kumusuzumisha ngo barebe uko ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze , nyuma yo gusezererwa n’ibitaro .

RIB yamujyanye mu bitaro bisuzuma bikanavura indwara zo  mu mutwe nyuma y’ibiganiro yakoreye ku  muyobora  wa YouTube birimo ibyagaragazaga ibimenyetso by’uko yaba afite ihungabana mu mutwe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri

Umuririmbyi w’Umunyamerika Billy Joel, wamamaye mu bihangano bikomeye byagiye bivugwa cyane ku…

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri…

Inzira zabyaye amahari hagati ya perezida Trump n’umuherwe Elon Musk

Hari intambara ikomeye hagati y'umuntu wa mbere utunze kurusha abandi kw'isi n'umunyaporitike…

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya…

Martin Fayulu yahuye na perezida Tshisekedi amusaba ibiganiro n’Abakongomani

Kuri uyu wa Kane tariki 5 Kamena , Martin Fayulu utavuga rumwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
Inkuru zindi

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?