BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Barack Obama ashyigikiye kandidatire ya Kamala Harris wiyamamariza kuyobora Amerika

Barack Obama ashyigikiye kandidatire ya Kamala Harris wiyamamariza kuyobora Amerika

sam
Last updated: July 26, 2024 12:46 pm
sam
Share
SHARE

 

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko we n’umuryango we bashyigikiye kandidatire ya Kamala Harris ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.

Mu butumwa yanyujije kuri X yagize ati: “Muri ibi bihe by’ingenzi ku gihugu cyacu, tuzakora ibishoboka byose kugira ngo atsinde mu Ugushyingo. Twizeye ko mutwiyungaho.”

Ibi abitangaje nyuma y’uko Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, atangaje ko yafashe umwanzuro wo kutaziyamamaza mu matora ya Perezida, yahise inshingano aziharira Kamala Harris wari Visi-Perezida we, ngo azahagararire ishyaka ry’ Abademokarate ahangana na Donald Trump w’Abarepubulikani.

Kamala Harris wemejwe bidasuburwaho n’ishyaka rye ry’Abademokarate ko azarihagararira mu matora w’umukuru w’igihugu yo muri Ukwakira uyu mwaka aherutse gutangaza ko azanye imigambi mishya irimo kunga ishyaka rye , kunga igihugu ndetse no dutsinda Trump .

Kamala ukomeje kugaragarizwa ikizere n’abatari bake barimo abo mwishyaka rye , kuri ubu ibikorwa biragaragaza ko ari imbere ya Trump wigeze no kuyobora iki gihugu ndetse ko ashobora no kuzegukana intsinzi .

Kuva Joe Bideni yatangaza ko aretse kwiyamamariza kuba perezida, miliyoni z’Amadorari zimaze kwisuka zitangwa nk’impano yo gushyigikira ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Harris

Ni mu gihe Trump nawe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ndetse agaragaza intege nke za Kamala Harris nk’umugore wa mbere mu mateka uzaba uyoboye Amerika aramutse atsinze aya matora.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?