BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Bakame yakomereje akazi muri Bugesera FC

Bakame yakomereje akazi muri Bugesera FC

admin
Last updated: January 10, 2023 5:31 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu [Amavubi], Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame, yamaze gusinyira ikipe ya Bugesera FC yari amaze iminsi akoramo imyitozo.

Ndayishimiye Eric Bakame yasinye amasezerano y’amezi atandatu muri Bugesera FC

Mbere yo gutangira umwaka w’imikino 2022/2023, Ndayishimiye Eric ari mu bakinnyi batigeze bongererwa amasezerano nyuma yo gusoza ay’umwaka umwe yari afitanye na Police FC.

Kuri ubu, uyu munyezamu yamaze kwerekeza muri Bugesera FC mu gihe cy’amezi atandatu. Ubwo bisobanuye ko azayikinira mu mikino yo kwishyura.

Gusa kugeza ubu, nta cyo ubuyobozi bwa Bugesera FC buratangaza kuri aya makuru azana Ndayishimiye muri iyi kipe iterwa inkunga n’Akarere ka Bugesera.

Bakame asanze abandi banyezamu barimo Nsabimana Jean de Dieu uzwi nka Shaolin n’abandi.

Uyu munyezamu yakiniye amakipe arimo APR FC, Atraco FC, AS Kigali, Rayon Sports na Police FC aherukamo.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Mahame Sylvestre says:
    January 10, 2023 at 9:00 pm

    Ko yashaje wagira ngo siwe.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?