BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Aston Villa yirukanye Steven Gerrard

Aston Villa yirukanye Steven Gerrard

admin
Last updated: October 21, 2022 7:29 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutsindwa na Fulham ibitego 3-0, ubuyobozi bwa Aston Villa bwatangaje ko bwamaze gutandukana n’uwari umutoza mukuru w’iyi kipe, Steven Gerrard.

Steven Gerrard yamaze kwirukanwa muri Aston Villa

Mu Ugushyingo 2021, nibwo ikipe ya Aston Villa yatangaje ko yamaze guha akazi Steven Gerrard nk’uwari uje gufasha iyi kipe kugaruka mu makipe atinyitse.

Ntabwo byagenze neza kuri uyu Mwongereza wagiriye ibihe byiza nk’umukinnyi muri Liverpool, ndetse byamuviriyemo kwirukanwa.

Ibicishije ku rubuga rw’ikipe, Aston Villa yemeje ko yamaze gutandukana n’uyu mutoza.

Basoje bamwifuriza ishya n’ihirwe mu zindi nshingano nshya azajyamo kandi ikipe imishimira ubwitange yagize.

Gerrard yari yaje muri Aston Villa avuye muri Rangers yo muri Écosse, nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona.

Aston Villa iri ku mwanya wa 17 n’amanota icyenda mu mikino 11 imaze gukina.

Gerrard ntabwo yahiriwe muri Aston Villa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 ihaye gasopo u Burundi na Kinshasa bashaka kwisubiza ibice bambuwe

Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa DRCongo, ryabusabye guhagarika ibitero n’ibikorwa bya gisirikare…

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?