BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yatije umukinnyi muri Bangladesh

AS Kigali yatije umukinnyi muri Bangladesh

admin
Last updated: November 6, 2022 9:56 am
admin
Share
SHARE

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, ikipe ya AS Kigali yifurije amahirwe masa rutahizamu wa yo, Ndikimana Landry Selemani watijwe mu ikipe yo muri Bangladesh.

Ndikumana Landry Selemani yatijwe mu gihugu cya Bangladesh

Uyu rutahizamu utarahiriwe muri iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, yatijwe muri Muktijoddha Sangsad Krira Chakra FC.

Iyi kipe ibarizwa mu Cyiciro cya Mbere muri shampiyona yo mu gihugu cya Bangladesh.

AS Kigali yagize iti “Turifuriza kuzahirwa umukinnyi wacu Ndikumana Landry Selemani werekeje muri Muktioddha Sangsad Krira Chakra FC yo muri Bangladesh ku ntizanyo.”

Ndikumana nyuma yo gusinyira AS Kigali amasezerano y’imyaka ibiri, ntabwo yabonye umwanya uhagije wo gukina ari nacyo cyatumye iyi kipe imutiza ataranasoza imikino ibanza ya shampiyona.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino, AS Kigali yaguze abakinnyi bagera kuri 12 b’abanyamahanga bari bitezweho kuzafasha iyi kipe mu marushanwa Nyafurika ariko si ko byagenze.

AS Kigali yamwifurije kuzahirwa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?