BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yatije umukinnyi muri Bangladesh

AS Kigali yatije umukinnyi muri Bangladesh

admin
Last updated: November 6, 2022 9:56 am
admin
Share
SHARE

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, ikipe ya AS Kigali yifurije amahirwe masa rutahizamu wa yo, Ndikimana Landry Selemani watijwe mu ikipe yo muri Bangladesh.

Ndikumana Landry Selemani yatijwe mu gihugu cya Bangladesh

Uyu rutahizamu utarahiriwe muri iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, yatijwe muri Muktijoddha Sangsad Krira Chakra FC.

Iyi kipe ibarizwa mu Cyiciro cya Mbere muri shampiyona yo mu gihugu cya Bangladesh.

AS Kigali yagize iti “Turifuriza kuzahirwa umukinnyi wacu Ndikumana Landry Selemani werekeje muri Muktioddha Sangsad Krira Chakra FC yo muri Bangladesh ku ntizanyo.”

Ndikumana nyuma yo gusinyira AS Kigali amasezerano y’imyaka ibiri, ntabwo yabonye umwanya uhagije wo gukina ari nacyo cyatumye iyi kipe imutiza ataranasoza imikino ibanza ya shampiyona.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino, AS Kigali yaguze abakinnyi bagera kuri 12 b’abanyamahanga bari bitezweho kuzafasha iyi kipe mu marushanwa Nyafurika ariko si ko byagenze.

AS Kigali yamwifurije kuzahirwa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 ihaye gasopo u Burundi na Kinshasa bashaka kwisubiza ibice bambuwe

Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa DRCongo, ryabusabye guhagarika ibitero n’ibikorwa bya gisirikare…

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?