BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali y’abagore yahinduye kapiteni

AS Kigali y’abagore yahinduye kapiteni

admin
Last updated: August 16, 2022 8:54 am
admin
Share
SHARE

Abatoza ba AS Kigali Women Football Club, bafashe icyemezo cyo guhindura kapiteni w’ikipe kuko uwari uriho hari ibyo batahurijeho.

Nibagwire Sifa Gloria ntakiri kapiteni wa AS Kigali WFC

Ubwo iyi kipe yiteguraga kujya mu mikino ihuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo [CAF Champions League] iri gukinirwa mu mazone bitewe n’aho ikipe zituruka, hari bimwe bitagenze neza birimo bamwe mu bakinnyi bayo bageze aho bahagarika imyitozo.

Bitewe n’imyitwarire mibi ya bamwe mu bakinnyi bakuru b’iyi kandi bagakwiye gutanga urugero rwiza ku bato, byatumye umutoza mukuru, Sogonya Hamiss uzwi nka Cyishi, ahindura ubuyobozi bw’abakinnyi.

Uwari kapiteni ari we Nibagwire Sifa Gloria, yahise yamburwa izo nshingano zihabwa Nibagwire Libellée usanzwe akina inyuma ya ba rutahizamu.

Amakuru UMUSEKE wamenye, avuga ko mbere y’uko AS Kigali WFC ihaguruka yerekeza muri Tanzania mu marushanwa ya CAF Champions League, umwuka utari mwiza muri iyi kipe.

Gusa ntibikuraho ko iyi kipe yatangiye neza itsinda Fofila ibitego 2-1 byombi byatsinzwe na Usanase Zawadi.

Nibagwire Libellée yagizwe kapiteni mushya wa AS Kigali WFC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?