BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali y’abagore ishobora guterwa mpaga kubera kudahemba

AS Kigali y’abagore ishobora guterwa mpaga kubera kudahemba

admin
Last updated: November 9, 2022 9:42 am
admin
Share
SHARE

Abakinnyi ba AS Kigali Women Football Club, bashobora kudakina umukino w’umunsi wa Gatatu wa shampiyona y’abagore kubera ibirarane by’imishahara bafitiwe.

Abakinnyi ba AS Kigali WFC bashobora kudakina umukino wa Bugesera WFC batarahembwa

Amezi abaye atatu asaga ane ubuyobozi bwa AS Kigali WFC budahemba abakinnyi.

Ku nshuro ya Mbere abakinnyi banze gukora imyitozo, ariko bizezwa ko bazahembwa nyuma yo gukina umukino w’umunsi wa Kabiri wa shampiyona ariko si ko byagenze.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko nyuma y’imyitozo yo ku wa Kabiri tariki 8 Ugushyingo 2022, abakinnyi bakoze indi nama yabo babwira kapiteni ko ababwirira ubuyobozi ko batiteguye gukina undi mukino wa shampiyona batarahabwa umushahara w’amezi atatu bafitiwe.

Umwe yabwiye UMUSEKE ko bikabije cyane, kandi bakwiye kwitabwaho nka basaza babo.

Ati “Ntabwo turi bujye mu myitozo. Birakabije pe. Kuki twe batatwitaho nk’uko bita ku bahungu?”

Ku wa Gatandatu tariki 12 Ugushyingo, AS Kigali WFC izakira Bugesera WFC kuri Stade ya Kigali Saa munani z’amanywa.

Imikino ibiri iheruka, iyi kipe yose yarayitsinze ndetse abakinnyi bahawe agahimbazamusyi kayo.

Basaza babo bo bahembwe amezi abiri

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

Ibiciro byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Muri Gashyantare 2026 ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025.…

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?