BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > AS Kigali vs ASAS Djibouti Télécom: Amatike y’ubuntu yashize

AS Kigali vs ASAS Djibouti Télécom: Amatike y’ubuntu yashize

admin
Last updated: September 16, 2022 11:13 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutangaza ko abifuza kuzareba umukino wa AS Kigali FC na ASAS Djibouti Télécom yo muri Djibouti bazinjirira ubuntu, ubu iyi myanya yose yamaze kuzura hasigaye iyo mu cyubahiro [VIP] ku bazishyura ibihumbi 10 Frw.

Amatike ya VIP yamaze kujya hanze ariko ay’ubuntu yashize

Ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022 ni bwo hateganyijwe umukino wo kwishyura mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe yegukanye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup.

Amakuru aturuka mu buyobozi bwa AS Kigali FC aremeza ko imyanya yose y’ubuntu yamaze kuzura. Bisobanuye ko isigaye ari iyo mu cyubahiro ku bazishyura ibihumbi 10 Frw.

Abazishyura muri iyi myanya yo mu cyubahiro, ntibazicwa n’inzara cyangwa n’inyota. Aya matike yamaze kujya hanze guhera ku wa Kane tariki 15 Nzeri.

Ikipe izasezerera indi muri izi, izahita ihura na Al Nasry yo muri Libya.

ASAS Djibouti Télécom yageze mu Rwanda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > AS Kigali vs ASAS Djibouti Télécom: Amatike y’ubuntu yashize

AS Kigali vs ASAS Djibouti Télécom: Amatike y’ubuntu yashize

admin
Last updated: September 16, 2022 11:13 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutangaza ko abifuza kuzareba umukino wa AS Kigali FC na ASAS Djibouti Télécom yo muri Djibouti bazinjirira ubuntu, ubu iyi myanya yose yamaze kuzura hasigaye iyo mu cyubahiro [VIP] ku bazishyura ibihumbi 10 Frw.

Amatike ya VIP yamaze kujya hanze ariko ay’ubuntu yashize

Ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022 ni bwo hateganyijwe umukino wo kwishyura mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe yegukanye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup.

Amakuru aturuka mu buyobozi bwa AS Kigali FC aremeza ko imyanya yose y’ubuntu yamaze kuzura. Bisobanuye ko isigaye ari iyo mu cyubahiro ku bazishyura ibihumbi 10 Frw.

Abazishyura muri iyi myanya yo mu cyubahiro, ntibazicwa n’inzara cyangwa n’inyota. Aya matike yamaze kujya hanze guhera ku wa Kane tariki 15 Nzeri.

Ikipe izasezerera indi muri izi, izahita ihura na Al Nasry yo muri Libya.

ASAS Djibouti Télécom yageze mu Rwanda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

1 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
Inkuru zindi

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

1 Min Read
Inkuru zindi

RIB yataye muri yombi umuyobozi wa TAT

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?