BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > APR WBBC yisubije Kantore Sandra Dumi

APR WBBC yisubije Kantore Sandra Dumi

admin
Last updated: January 2, 2023 11:28 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa APR Women Basketball Club, bwatangeje ko Kantore Sandra uzwi ku izina rya Dumi, ari umukinnyi w’iyi kipe.

Kantore Sandra Dumi yasubiye muri APR WBBC yamuzamuriye izina

Ni nyuma y’umwaka umwe uyu Dumi akinira ikipe ya REG Women Basketball Club yari yagiyemo avuye muri iyi kipe y’Ingabo.

Babicishije ku mbuga nkoranyambaga z’ikipe, abayobozi ba APR WWC batangaje ko Kantore Sandra yagarutse mu rugo.

Bati “APR W BBC yishimiye gutangaza ko yasinyishije umukinnyi wahoze akinira Kantore Sandra. Yahawe nimero 9.Yagarutse avuye REG.”

Amakuru UMUSEKE wamenye, avuga ko Dumi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe y’Ingabo.

Dumi yari amaze umwaka umwe muri REG Women Basketball Club, ariko yajyanye na APR WBBC mu marushanwa Nyafurika iherutsemo.

Amasezerano ni ay’imyaka ibiri
Yahawe ikaze mu rugo
Dumi yahawe nimero

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?