BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > APR FC itangiye neza CAF Champions League itsinda US Monastir

APR FC itangiye neza CAF Champions League itsinda US Monastir

admin
Last updated: September 10, 2022 5:38 pm
admin
Share
SHARE

Umukono wa mbere wa CAF Champions League, APR FC itsinze US Monastir yo muri Tunisia, igitego kimwe ku busa (1-0).

APR FC ibashije gutsinda US Monastir ibifashijwemo no kuba abasifuzi b’Abarundi banze igitego cyo kwishyura cy’iyi kipe yo muri Tinusia (Photo Kayishema Tity Thierry)

Mugunga Yves yabonye inshundura ku munota wa 17’ w’umukino, ku mupira yaherejwe mu rubuga rw’amahina na Nshuti Innocent, na we ashyiraho umutwe ujya mu rushundura.

APR FC yakiniraga kuri Stade Mpuzamahanga y’i Huye, yihariye igice cya mbere cy’umukino, byashoboka ko itsinda ibitego birenze kimwe, ariko US Monastir yakomeje kugarira neza.

Igice cya kabiri cyahinduye isura, US Monastir ni yo yagikinnye neza, ndetse itsinda igitego ku munota wa 78’ byasaga naho abakinnyi b’inyuma ba APR FC bari bazi ko bararirije, ariko amashusho agaragaza ko uwari watsinze icyo gitego atari yaraririye nubwo umusifuzi w’Umurundi wo ku ruhande yamanitse igitambaro.

APR FC ifite akazi katoroshye ko gutsindira muri Tunisia iyi kipe ya US Monastir ukurikije uburyo yakinnye igice cya kabiri. Umukino uzaba tariki 18 Nzeri, 2022.

Ababanjemo ku ruhande rwa APR FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?