BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

admin
Last updated: March 6, 2026 5:40 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze kuzabaho hagati ya Amerika na Iran kugeza igihe izamanikira amaboko hagashyirwaho ubutegetsi bushya.

Kuva ku wa 28 Gashyantare 2026, Amerika ifatanyije na Israel byagabye ibitero simusiga kuri Iran, ishinjwa gusubukura gahunda yo gukora intwaro za nucléaire na misile zirasa kure.

Trump yavuze ko ashyize imbere kubaka Iran ikomeye mu bukungu kandi ifite ubuyobozi bwizewe.

Ku 6 Werurwe 2026, Perezida Trump abinyujije kuri Truth Social yavuze ko nta biganiro biteze kubaho hagati ya Amerika na Iran.

Ati “Nta biganiro by’ubwumvikane bizigera bibaho hagati yacu na Iran, keretse imanitse amaboko. Nyuma y’ibyo no gushyiraho abayobozi bakomeye kandi bizewe, twebwe n’abatanyabikorwa bacu beza, tuzakora ubutaruhuka tugamije kuvana Iran mu manga, tuyigira igihangange mu bukungu kurusha uko byigeze kubaho. Iran izagira ahazaza heza. Dusubize Iran ubukana yahoranye.”

Kugeza ubu ibitero bya Amerika bikomeje kugabwa i Tehran no mu bindi bice bya Iran mu gihe na yo yihimura irasa i Tel Aviv no mu bindi bihugu by’inshuti za Amerika aho ifite ibirindiro by’ingabo cyangwa ibigo by’ubucuruzi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane

2 Min Read
Amerika

Espagne ntiyumva impamvu yo gutera Iran

2 Min Read
Amerika

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

1 Min Read
Amerika

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?