BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

admin
Last updated: December 11, 2025 10:14 am
admin
Share
SHARE

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’ingabo, riteganya ko Ukraine izahabwa miliyoni 800$ yo kuyifasha mu bya gisirikare kugeza mu 2027.

Iri tegeko rigenga ibikorwa by’ingabo (NDAA) ryatowe ku wa Gatatu ku bwiganze burunduye bw’amajwi 312-122, rikazahita ryoherezwa muri Sena aho na ho byitezwe ko benshi bazarishyigikira.

Hari bamwe mu bagize Inteko batavuga rumwe n’iki cyemezo, aho bavuga ko bidakwiriye gukomeza gutanga amafaranga y’abaturage kugira ngo Ukraine ikomeze urugamba n’u Burusiya.

Thomas Massie wo muri Kentucky yagize ati “Natekerezaga ko turi kugenda tuva mu bya Ukraine. Sinzi impamvu tugomba gukomeza kuhatakaza amafaranga.”

Iri tegeko rije mu gihe Perezida Trump ku wa Gatatu yamaganye ibyo yise “ibibazo bikomeye bya ruswa” muri Ukraine, ndetse akomeje no kuyushyiraho igitutu kugira ngo yemere gushyira umukono ku masezerano y’amahoro n’ u Burusiya.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye

1 Min Read
Amerika

Zelenskyy yasabye Amerika gushimuta umwe mu bayobozi bo mu Burusiya

1 Min Read
Amerika

Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

1 Min Read
Amerika

Perezida wa Colombie yaburiye Amerika ishaka kumufunga nka Maduro

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?