BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

admin
Last updated: December 11, 2025 10:14 am
admin
Share
SHARE

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’ingabo, riteganya ko Ukraine izahabwa miliyoni 800$ yo kuyifasha mu bya gisirikare kugeza mu 2027.

Iri tegeko rigenga ibikorwa by’ingabo (NDAA) ryatowe ku wa Gatatu ku bwiganze burunduye bw’amajwi 312-122, rikazahita ryoherezwa muri Sena aho na ho byitezwe ko benshi bazarishyigikira.

Hari bamwe mu bagize Inteko batavuga rumwe n’iki cyemezo, aho bavuga ko bidakwiriye gukomeza gutanga amafaranga y’abaturage kugira ngo Ukraine ikomeze urugamba n’u Burusiya.

Thomas Massie wo muri Kentucky yagize ati “Natekerezaga ko turi kugenda tuva mu bya Ukraine. Sinzi impamvu tugomba gukomeza kuhatakaza amafaranga.”

Iri tegeko rije mu gihe Perezida Trump ku wa Gatatu yamaganye ibyo yise “ibibazo bikomeye bya ruswa” muri Ukraine, ndetse akomeje no kuyushyiraho igitutu kugira ngo yemere gushyira umukono ku masezerano y’amahoro n’ u Burusiya.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

3 Min Read
Amerika

Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya

2 Min Read
Amerika

Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi

1 Min Read
Amerika

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?