BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Amavubi yatsinze Sudan mu mukino wasojwe n’ingumi

Amavubi yatsinze Sudan mu mukino wasojwe n’ingumi

admin
Last updated: November 19, 2022 7:35 pm
admin
Share
SHARE

Mu mukino wa gicuti wahuzaga u Rwanda Sudan, rutahizamu mushya w’Amavubi, Gérard Bi Goho yatsindiye u Rwanda mu mukino wasojwe n’imvururu.

Rutahizamu Gérard Bi Gohon yafashije Amavubi gutsinda Sudan

Wari umukino wa Kabiri wa gicuti ibi Bihugu byombi byari bikinnye nyuma yo kunganya ubanza ubusa ku busa.

Ni umukino umutoza mukuru w’Amavubi, Carlos Alós Ferrer, yari yakozemo impinduka ugereranyije n’ubanza.

Amakipe yombi yatangiye nta yishaka kwirekura, ariko zombi zikagerageza kugera ku izamu.

Nyuma yo gehererekanya neza kw’Amavubi, ku munota wa 22, Gérard Bi Gohon, yatsinze igitego ku mupira mwiza yari ahawe na Tuyisenge Arsène.

Amakipe yombi yakomeje gucungana ari nako zikora impinduka zitandukanye, umukino urangira Amavubi atsinze igitego 1-0.

Nyuma yo guhuha mu ibirimbi igaragaza ko umukino urangiye, Hakizimana Muhadjiri yashyamiranye n’abakinnyi ba Sudan, imvururu zitangira uko buri wese atangira gufata uwo ashoboye.

Izi mvururu zamaze iminota igera ku icumi, zaje guhoshwa n’inzego zishinzwe umutekano.

Abakinnyi babanjemo ku Amavubi: Ntwali Fiacre, Mutsinzi Ange, Niyigena Clèment, Serumogo Ally, Imanishimwe Emmanuel, Bizimana Djihadi, Rafael York, Tuyisenge Arsène, Habimana Glen, Gérard Bi Gohon, Hakim Sahabo.

Abakinnyi 11 babanjemo
Imanishimwe Emmanuel (2) nawe yitwaye neza
Harim Sahabo (21) yerekanye ko Amavubi azamwubakiraho 
Rafael York yagoye Sudan cyane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?