BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Amavubi U-17 ntakitabiriye CECAFA

Amavubi U-17 ntakitabiriye CECAFA

admin
Last updated: September 23, 2022 11:36 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 ntazitabira imikino y’igikombe cy’ibihugu byo mu Karare k’i Burasirazuba n’iyo hagati (CECAFA). Amakuru yagiye hanze uyu munsi ubwo ikipe yari itarahamagarwa byarangiye idahamagawe.

Amavubi U17 ntazajya muri CECAFA izabera muri Éthiopie

Mu minsi ishize u Rwanda rwari rwamenyeshejwe itsinda ruzakinamo aho rwari rwashyizwe mu itsinda rya Kabiri ririmo ibihugu bya Uganda, u Burundi, Djibouti na Sudani.

Ni irushanwa riteganyije gutangira mu mpera z’uku kwezi kwa Nzeri kuri 30 rikarangira kuri 30 Ukwakira, muri Éthiopie.

Iyi kipe yari itarahamagara abakinnyi bazifashishwa n’umutoza wayitozaga ari we Rwasamanzi Yves, yajyanye n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 mu gihugu cya Libya gukina umukino wa Mbere wo gushaka itike y’Igikombe  cya Afurika kizabera muri Maroc umwaka utaha.

Imwe mu mpamvu bivugwa ko yaba yatumye izi ngimbi zititabira, harimo ubushobozi bwabuze.

Kuva mu 2022, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 16 ntirongera gukina umukino n’umwe.

Rukimirana Trésor/UMUSEKE i Huye 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?