BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > ASAS Djibouti Télécom yageze i Kigali yakirwa na Joseph

ASAS Djibouti Télécom yageze i Kigali yakirwa na Joseph

admin
Last updated: September 16, 2022 9:00 am
admin
Share
SHARE

Ikipe ya ASAS Djibouti Télécom yo muri Djibouti yageze mu Rwanda yakirwa n’umuyobozi w’abafana ba AS Kigali FC, Nshimiye Joseph mu gihe aba Ferwafa babuze.

Ubwo ASAS Djibouti Télécom yageraga i Kigali yakiriwe na Nshimiye Joseph

Ni ikipe yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, izanye abakinnyi bayo bose bazima kandi bazayifasha mu mukino wo kwishyura w’amarushanwa Nyafurika ahuza amakipe yegukanye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup.

Umukino wo kwishyura utaganyijwe ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022 kuri Stade mpuzamahanga ya Huye, nyuma yo kunganya 0-0 mu mukino ubanza wabereye muri Djibouti.

AS Kigali FC yageze i Huye ndetse yanatangiye kuhakorera imyitozo.

Iyi kipe kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, yatanze ubwasisi bwo kwinjirira ubuntu kuri uyu mukino mu myanya yose isigaye havuyemo iy’icyubahiro (VIP) kuko abazahicara bo basabwa kwishyura ibihumbi 10 Frw ariko bakazanabona icyo kurya no kunywa.

Abazinjirira ubuntu biyandikishaga banyuze kuri *939# ndetse ni bwo buryo bukoreshwa n’abagura amatike ya VIP agura ibihumbi 10 Frw.
Ku munsi w’umukino, hazaba kandi hari ibyo kurya no kunywa muri Stade Huye.

Ikipe izaba gusezerera indi hagati ya AS Kigali na ASAS Djibouti Télécom izahita ihura na Al Nasry yo mu Libya mu ijonjora rizakurikira.

Joseph ubwo yasuhuzanyaga n’umuyobozi wa ASAS Télécom

Abarundi bayikira yabazanye
Bageze i Kigali mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatanu
Abazayifasha bose yabazanye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?