BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Afurika y’Epfo: Imodoka itwara abanyeshuri yatwawe n’umwuzure iburirwa irengero

Afurika y’Epfo: Imodoka itwara abanyeshuri yatwawe n’umwuzure iburirwa irengero

sam
Last updated: June 11, 2025 6:19 am
sam
Share
SHARE

Inzego z’ ubutabazi muri Afurika y’Epfo zatangaje ko imodoka yari itwaye abanyeshuri yatwawe n’umwuzure wibasiye iki gihugu, abanyeshuri bose baburirwa irengero uretse batatu batabaye bakiri bazima.

Umuvugizi w’Intara ya Eastern Cape, Khuselwa Rantjie, yabwiye BBC ko imodoka yo mu bwoko bwa mini-bisi yari itwaye abanyeshuri yatwawe n’umwuzure.

Khuselwa Rantjie yavuze ko hatazwi umubare w’abana bari muri iyi modoka, ariko ngo batatu bamaze kuboneka ari bazima.

Ibikorwa byo gushakisha yahagaze kubera ko ijoro ryari riguye, ariko biteganyijwe ko bisubukurwa ku wa 11 Kamena.

Mu bikorwa by’ubutabazi byakozwe kandi habonetse imirambo y’abantu barindwi bishwe n’amazi y’umwuzure wibasiye karere ka OR Tambo muri iyi ntara.

Afurika y’Epfo imaze iminsi igusha imvura nyinshi, inkuba, urubura n’umuyaga ukomeye byahitanye abantu batanu bazize impanuka mu gihe ingo zikabakaba ibihumbi 500 zabuze amashanyarazi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana…

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

Umwongereza ukomoka mu Buhinde niwe  niwe mugenzi wenyine  warokotse impanuka y’ indege ya AirIndia

Umugabo w'Umwongereza ukomoka mu Buhinde yagenze n'amaguru ava mu bisigazwa by'indege ya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

1 Min Read
Mu mahanga

Putin yongeye gukanga amahanga kubera ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite

1 Min Read
Mu mahanga

Burundi: CNDD-FDD yihariye imyanya yose y’Inteko ishingamategeko

2 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yategetse ko Col James Kasule ushinjwa ubujura arekurwa

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?