BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Africa iteze amakiriro ku ikoreshwa rya serivisi zishingiye ku ikoranabuhanga

Africa iteze amakiriro ku ikoreshwa rya serivisi zishingiye ku ikoranabuhanga

admin
Last updated: October 26, 2022 2:31 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gutangiza uko gahunda yo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga ihuriweho na bose muri Afurika (The State of Instant and Inclusive Payment Systems in Africa (SIIPS), ikigo AfricaNenda cyatangaje ko uburyo bwo kwishyura bwihuse bushobora kugira uruhare runini mu gutuma abantu bose babona imari.

Ikigo AfricaNenda cyatangaje ko uburyo bwo kwishyura bwihuse bushobora kugira uruhare runini mu gutuma abantu bose babona imari

Mu Rwanda Ikoranabuhanga mu kwishyurana ryarazamutse cyane, yaba kuri telefone, banki, cyangwa amakarita.  Nko muri 2021 abafite konti za mobile money bazamutseho 8%,  abatanga Serivice za MoMo, bazamutseho 32%.

Clare Akamanzi umuyobozi mukuru mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), avuga ko iyi mibare igaragaza ko haracyari amahirwe muri uru rwego kandi niyo ntego igihugu gifite.

Ati “Nanjye ntabwo nari mfite konti ya Mobile Money, ariko nta yandi mahirwe nari mfite uretse kuyifungura,  ndashaka kubereka ko ikoranabuhanga mu kwishyura byazamutse cyane yaba kuri telefone, banki cyangwa amakarita.”

Kwifashisha ikoranabuhanga umwaka ushize abatuye ku mugabane wa Afurika bahererekanye miliyari 16 z’amadolari.

Umuyobozi mukuru w’ikigo gitezimbere ikoranabuhanga muri Afurika, AfricaNenda Dr. Robert Ochola  agaragaza ko iki ari ikimenyetso cy’ibyo ikoranabuhanga ryageraho igihe ibihugu byafatanye.

Ati “Nubwo tuvuga ko hari intambwe yatewe ariko haracyari miliyoni zisaga 300 zabatabasha kubona serivisi y’ikoranabuhnga , ikibazo kibakomereye nukutagira ibikorwa remezo cyangwa bagire ubushobozi  bwo kubona amakuru n’ubumenyi  mu gukoresha bene izi serivisi   kimwe nuko  hari aho guhererekanya amafaranga bigenda.”

Ikigali harabera inama ku gaciro cyikoresha rya telefone muri serivisi y’ikoranabuhanga harimo no guhererekanya amafaranga , mu gihe uyu mugabane wari utuwe n’abagera kuri miliyari imwe na miliyoni 400 ariko 40%  byabo akaba aribo bafie telefone igendanwa  zigezweho zizwi nka smartphone , naho 44% nibo batabasha kubona ibikorwa remezo ijyanye na internet.

Daddy Sadiki RUBANGURA
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

Leta ya DRC na AFC/M23 bateye intambe ikomeye izabafasha kubera ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize…

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?