BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Africa iteze amakiriro ku ikoreshwa rya serivisi zishingiye ku ikoranabuhanga

Africa iteze amakiriro ku ikoreshwa rya serivisi zishingiye ku ikoranabuhanga

admin
Last updated: October 26, 2022 2:31 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gutangiza uko gahunda yo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga ihuriweho na bose muri Afurika (The State of Instant and Inclusive Payment Systems in Africa (SIIPS), ikigo AfricaNenda cyatangaje ko uburyo bwo kwishyura bwihuse bushobora kugira uruhare runini mu gutuma abantu bose babona imari.

Ikigo AfricaNenda cyatangaje ko uburyo bwo kwishyura bwihuse bushobora kugira uruhare runini mu gutuma abantu bose babona imari

Mu Rwanda Ikoranabuhanga mu kwishyurana ryarazamutse cyane, yaba kuri telefone, banki, cyangwa amakarita.  Nko muri 2021 abafite konti za mobile money bazamutseho 8%,  abatanga Serivice za MoMo, bazamutseho 32%.

Clare Akamanzi umuyobozi mukuru mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), avuga ko iyi mibare igaragaza ko haracyari amahirwe muri uru rwego kandi niyo ntego igihugu gifite.

Ati “Nanjye ntabwo nari mfite konti ya Mobile Money, ariko nta yandi mahirwe nari mfite uretse kuyifungura,  ndashaka kubereka ko ikoranabuhanga mu kwishyura byazamutse cyane yaba kuri telefone, banki cyangwa amakarita.”

Kwifashisha ikoranabuhanga umwaka ushize abatuye ku mugabane wa Afurika bahererekanye miliyari 16 z’amadolari.

Umuyobozi mukuru w’ikigo gitezimbere ikoranabuhanga muri Afurika, AfricaNenda Dr. Robert Ochola  agaragaza ko iki ari ikimenyetso cy’ibyo ikoranabuhanga ryageraho igihe ibihugu byafatanye.

Ati “Nubwo tuvuga ko hari intambwe yatewe ariko haracyari miliyoni zisaga 300 zabatabasha kubona serivisi y’ikoranabuhnga , ikibazo kibakomereye nukutagira ibikorwa remezo cyangwa bagire ubushobozi  bwo kubona amakuru n’ubumenyi  mu gukoresha bene izi serivisi   kimwe nuko  hari aho guhererekanya amafaranga bigenda.”

Ikigali harabera inama ku gaciro cyikoresha rya telefone muri serivisi y’ikoranabuhanga harimo no guhererekanya amafaranga , mu gihe uyu mugabane wari utuwe n’abagera kuri miliyari imwe na miliyoni 400 ariko 40%  byabo akaba aribo bafie telefone igendanwa  zigezweho zizwi nka smartphone , naho 44% nibo batabasha kubona ibikorwa remezo ijyanye na internet.

Daddy Sadiki RUBANGURA
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?