BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > AFC/M23 yashinjije ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ubwicanyi ku baturage bane muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 yashinjije ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ubwicanyi ku baturage bane muri Kivu y’Amajyepfo

sam
Last updated: July 15, 2025 9:02 am
sam
Share
SHARE

Ihuriro rya AFCribarizwamo umutwe wa M23 ryatabaje amahanga ku bwicanyi bukomeje gukorwa n’ingabo zihurije hamwe zishyigikiwe na Leta ya Kinshasa, ndetse n’ikwirakwizwa ry’ingabo n’intwaro zikomeye hafi y’ibirindiro by’iri huriro.

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko ku wa 12 Nyakanga 2025, izi ngabo zishe abaturage bane b’inzirakarengane bo muri gurupoma ya Cirunga.

Yagize ati “Tariki ya 12 Nyakanga 2025, izi ngabo zishe abaturage bane muri gurupoma ya Cirunga. Ibi bikorwa bigaragaza neza ko iyi Leta idaha agaciro ibiganiro bikomeje n’imigambi mibi ifite.”

Yakomeje avuga ko ibyo bikorwa bikagaragaza ko Leta idaha agaciro ibiganiro biri gukorwa ndetse ikomeje gushaka intambara.

Amakuru aturuka muri Sosiyete sivile zikorera muri Kabare zivuga ko mu bishwe harimo abarimu babiri bigisha mu ishuri ribanza rya Kabare 1, bari bavuye kuri site yakusanyirijweho ibizamini bya Leta mu gace ka Canya.

Kugeza ubu nubwo ibiganiro bya Doha bikomeje impande zombi zikomeje gusuka abasirikare n’ibikoresho mu bice by’imirwano, biri guca amarenga ko intambara ishobora kubura .

AFC/M23 ishimangira ko itazifata mu gihe yaterwa ndetse ko izarinda abaturage mu bice byose yafashe.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Kigali: Abarenga 20 bafungiwe ubujura no kubangamira umutekano

1 Min Read
Umutekano

DRC: Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na FARDC ishobora kubura vuba 

2 Min Read
Umutekano

AFC/M23 igiye gutanga ishusho y’ibiganiro imazemo iminsi n’ubutegetsi bwa Kinsasha i Doha

2 Min Read
Umutekano

FARDC yagize icyu ivuga ku ndege yarasiye mu Minembwe

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?