BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Adil Erradi yahagaritswe muri APR

Adil Erradi yahagaritswe muri APR

admin
Last updated: October 14, 2022 10:23 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe y’Ingabo, bwafashe icyemezo cyo guhagarika Umunya-Maroc utoza iyi kipe kubera amagambo aherutse kuvugira mu itangazamakuru.

Adil Erradi Muhammed yahagaritswe igihe kitazwi muri APR

Amakuru UMUSEKE ukesha umunyamakuru, Sam Karenzi, avuga ko iki cyemezo gifashwe nyuma y’umukino wahuje APR FC na Marines FC ku munsi wa Gatanu wa shampiyona.

Kuri ubu abakinnyi ba APR FC bahise berekeza i Shyorongi mu mwiherero bitegura umukino w’ikirarane iyi Kipe y’Ingabo izakina na Police FC, ku wa 17 Ukwakira 2022.

Inshingano zo gutoza zahise zisigaranwa n’Umutoza wungirije, Ben Moussa.

Uretse kuba Adil Erradi Muhammed yahagaritswe igihe kitazwi, andi makuru avuga hashobora kuba hari ibiganiro biri gukorwa hagati y’ubuyobozi bw’ikipe n’umutoza ukomoka mu Bufaransa nk’umusimbura we.

UMUSEKE wifuje kuvugana n’Umunyamabaga Mukuru wa APR FC kuri aya makuru, ariko ntiyitaba telefone ye igendanwa.

Ibi byose bibaye nyuma y’amagabo uyu munya-Maroc yatangaje, ubwo yibasiraga abakinnyi akavuga ko bamwe batakimwumva ndetse batacyirangira n’ikipe.

Adil ashobora kuba ari mu minsi ye ya nyuma muri APR FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Rukundo says:
    October 15, 2022 at 12:13 am

    Nibamuhe cash agenda 23.000.000 fr x 21 mois. # 483.000.000 fr rwandais, kuko afite contrat yi myaka 2. Amategeko ya fifa niko avuga, ikindi gushaka umutoza utarasezera uwa mbere nabyo sivyo. Abonye cash zo gushakisha L A kuko yari atarayibona.murakoze

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?