BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Adil Erradi yahagaritswe muri APR

Adil Erradi yahagaritswe muri APR

admin
Last updated: October 14, 2022 10:23 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe y’Ingabo, bwafashe icyemezo cyo guhagarika Umunya-Maroc utoza iyi kipe kubera amagambo aherutse kuvugira mu itangazamakuru.

Adil Erradi Muhammed yahagaritswe igihe kitazwi muri APR

Amakuru UMUSEKE ukesha umunyamakuru, Sam Karenzi, avuga ko iki cyemezo gifashwe nyuma y’umukino wahuje APR FC na Marines FC ku munsi wa Gatanu wa shampiyona.

Kuri ubu abakinnyi ba APR FC bahise berekeza i Shyorongi mu mwiherero bitegura umukino w’ikirarane iyi Kipe y’Ingabo izakina na Police FC, ku wa 17 Ukwakira 2022.

Inshingano zo gutoza zahise zisigaranwa n’Umutoza wungirije, Ben Moussa.

Uretse kuba Adil Erradi Muhammed yahagaritswe igihe kitazwi, andi makuru avuga hashobora kuba hari ibiganiro biri gukorwa hagati y’ubuyobozi bw’ikipe n’umutoza ukomoka mu Bufaransa nk’umusimbura we.

UMUSEKE wifuje kuvugana n’Umunyamabaga Mukuru wa APR FC kuri aya makuru, ariko ntiyitaba telefone ye igendanwa.

Ibi byose bibaye nyuma y’amagabo uyu munya-Maroc yatangaje, ubwo yibasiraga abakinnyi akavuga ko bamwe batakimwumva ndetse batacyirangira n’ikipe.

Adil ashobora kuba ari mu minsi ye ya nyuma muri APR FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Rukundo says:
    October 15, 2022 at 12:13 am

    Nibamuhe cash agenda 23.000.000 fr x 21 mois. # 483.000.000 fr rwandais, kuko afite contrat yi myaka 2. Amategeko ya fifa niko avuga, ikindi gushaka umutoza utarasezera uwa mbere nabyo sivyo. Abonye cash zo gushakisha L A kuko yari atarayibona.murakoze

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

Leta ya DRC na AFC/M23 bateye intambe ikomeye izabafasha kubera ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize…

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?