BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Adil Erradi yageze i Shyorongi abuzwa kwinjira

Adil Erradi yageze i Shyorongi abuzwa kwinjira

admin
Last updated: October 15, 2022 12:20 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed, yagiye gukoresha imyitozo aho ikipe isanzwe iyikorera i Shyorongi, abuzwa kuyikoresha kuko yahagaritswe.

Adil Erradi [uri hagati] yabujijwe gukoresha imyitozo i Shyorongi
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe ya APR FC yitegura umukino w’ikirarane izakinamp na Police FC, yakoreye imyitozo i Shyorongi. Iyi myitozo yayobowe n’abatoza bungirije nyuma yo kuba umukuru yahagaritswe ukwezi.

Uwahaye amakuru UMUSEKE, yavuze ko uyu mutoza [ADIL] yaje yiteguye gukoresha imyitozo nk’ibisanzwe ariko abwirwa ko atabyemerewe.

Ibi byose biraturuka ku kuba harabayeho guterana amagambo hagati y’uyu mutoza na Manishimwe Djabel nyuma y’amagambo yavugiye mu itangazamakuru.

Amakuru yandi avuga ko uyu munya-Maroc ashobora gutandukana na APR FC, nyamara muri Nyakanga yasinye amasezerano azarangira mu 2024.

Abungiriza ba Adil nibo basigaranye inshingano
Umwungiriza Ben Moussa niwe watoje ikipe uyu munsi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • rukabu says:
    October 15, 2022 at 9:22 pm

    AGASOZI KAMARERE KAHIYE ABAGABO BABONA. KULA KULIPA.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?