BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Adil Erradi yageze i Shyorongi abuzwa kwinjira

Adil Erradi yageze i Shyorongi abuzwa kwinjira

admin
Last updated: October 15, 2022 12:20 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed, yagiye gukoresha imyitozo aho ikipe isanzwe iyikorera i Shyorongi, abuzwa kuyikoresha kuko yahagaritswe.

Adil Erradi [uri hagati] yabujijwe gukoresha imyitozo i Shyorongi
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe ya APR FC yitegura umukino w’ikirarane izakinamp na Police FC, yakoreye imyitozo i Shyorongi. Iyi myitozo yayobowe n’abatoza bungirije nyuma yo kuba umukuru yahagaritswe ukwezi.

Uwahaye amakuru UMUSEKE, yavuze ko uyu mutoza [ADIL] yaje yiteguye gukoresha imyitozo nk’ibisanzwe ariko abwirwa ko atabyemerewe.

Ibi byose biraturuka ku kuba harabayeho guterana amagambo hagati y’uyu mutoza na Manishimwe Djabel nyuma y’amagambo yavugiye mu itangazamakuru.

Amakuru yandi avuga ko uyu munya-Maroc ashobora gutandukana na APR FC, nyamara muri Nyakanga yasinye amasezerano azarangira mu 2024.

Abungiriza ba Adil nibo basigaranye inshingano
Umwungiriza Ben Moussa niwe watoje ikipe uyu munsi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • rukabu says:
    October 15, 2022 at 9:22 pm

    AGASOZI KAMARERE KAHIYE ABAGABO BABONA. KULA KULIPA.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?