BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Adil Erradi mu ihurizo rikomeye

Adil Erradi mu ihurizo rikomeye

admin
Last updated: October 8, 2022 1:21 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc, Adil Erradi Muhammed, avuga ko abakinnyi b’iyi kipe batagikina nk’ikipe.

Umutoza Adil Erradi bikomeje kwanga

Kuwa Gatanu tariki 7 Ukwakira 2022, ikipe ya Bugesera FC yikuyeho icyasha itsinda APR FC ibitego 2-1.

Muri uyu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa Kabiri wa shampiyona, ikipe y’Ingabo yabanje igitego yatsindiwe na Nshuti Innocent ariko birangira iwutakaje.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza Adil Erradi yavuze ko nanubu atazi icyo abakinnyi b’ikipe abereye umutoza babaye kuko batagikina nk’ikipe.

Ati “Ntabwo nzi icyahindutse hagati y’umukino wa Rwamagana n’uw’uyu munsi (ku wa 5). Ubona ko batameze neza mu mutwe n’ubushake bwo gukina nk’ikipe buri hasi.”- Adil utoza APR FC.”

Gusa abasesengura kandi bazi neza ibya APR FC, bavuga ko umubano w’uyu mutoza na bamwe mu bakinnyi bakuru muri iyi kipe, utameze neza, bikaba byaba impamvu yo kuba batiteguye kwitangira ikipe.

Adil mu myaka itatu amaze muri APR FC, yegukanye ibikombe bitatu bya shampiyona. Mu marushanwa Nyafurika, yasezerewe Kabiri ikipe itarenze ijonjora rya Mbere, isezererwa rimwe igeze mu ijonjora rya Kabiri.

Mu rwambariro rwa APR FC ntabwo bimeze neza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • Pingback: Gen Mubarakh Muganga yasabye imbabazi abafana ba APR FC – Umuseke
  • Pingback: Gen Mubarakh Muganga yasabye imbabazi abafana ba APR FC – Umuseke
  • John says:
    October 9, 2022 at 7:04 am

    Izo shampiyona zivugwa uyu mutoza yatwaye mujye munongeraho ko harimo 2 za Covid kandi ibyabaye muri iyo Covid ntawe utabizi, hakabamo n’iherutse yibwe Kiyovu bose babireba😁🤪

    Reply
  • John says:
    October 9, 2022 at 7:04 am

    Izo shampiyona zivugwa uyu mutoza yatwaye mujye munongeraho ko harimo 2 za Covid kandi ibyabaye muri iyo Covid ntawe utabizi, hakabamo n’iherutse yibwe Kiyovu bose babireba😁🤪

    Reply
  • MUGABO says:
    October 13, 2022 at 5:30 pm

    John kweli buriya KIYOVU yibwe gute? Wavuze ko ubuyobozi bwayo ahari butashakaga igikombe kuko nta kuntu ikipe yaba yenda guterura igikombe ngo nkuriya mukino bagiye gukinira iRUSIZI na Espoir ngo bawutegure kuriya. Ngaho urugendo rugoye, kurara nabi, kwicwa n’inzara, ahaaaaa!
    No muri iyi championat rero ntacyo bateganya kuko ngo icyo bakiniye iminsi 2 bakagitwara Rayon Sport ngo kibahagije.

    Reply
  • MUGABO says:
    October 13, 2022 at 5:30 pm

    John kweli buriya KIYOVU yibwe gute? Wavuze ko ubuyobozi bwayo ahari butashakaga igikombe kuko nta kuntu ikipe yaba yenda guterura igikombe ngo nkuriya mukino bagiye gukinira iRUSIZI na Espoir ngo bawutegure kuriya. Ngaho urugendo rugoye, kurara nabi, kwicwa n’inzara, ahaaaaa!
    No muri iyi championat rero ntacyo bateganya kuko ngo icyo bakiniye iminsi 2 bakagitwara Rayon Sport ngo kibahagije.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?