BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

admin
Last updated: October 15, 2022 6:12 am
admin
Share
SHARE

Ishuri rikuru rya Gisirkare rya Nyakinama, ryatanze impamyabushobozi ku basirikare 36 bafite ipeti rya Major na Capitaine, bamaze igihe biga amasomo yo kuyobora abandi.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo

Ku wa Gatanu tariki 14/10/2022, nibwo aba basirikare 36 n’abapolisi babiri ba offisiye barangije aya masomo yitwa mu Cyongereza, Junior Command and Staff Course.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo abera ku ishuri rya gisirikare rya Nyakinama, mu Karere ka Musanze.

Yashimiye ba offisiye basoje neza ariya masomo.

Lt Gen Mubarakh Muganga yavuze ko aya masomo aha ubumenyi mu bya gisirikare ba ofisiye bayitabira, akabafasha kumenya gutegura ibikorwa, kumenya inyungu z’umutekano w’igihugu, ndetse bakumva neza uko iby’umutekano bishobora kugenda bihinduka bitewe n’impamvu.

Umuyobozi wungirije wa ririya shuri rya Nyakinama, Col JC Ngendahimana we yavuze ko amasomo agenerwa ba ofisiye nka bariya, abaha ubumenyi bwo kuyobora abandi, no kubaha inshingano.

Aya masomo yamaze ibyumweru 20, yatangiye tariki 30 z’ukwezi kwa Gatanu asozwa ku ya 14 z’uku kwezi kwa cumi, 2022.

Ba Ofisiye 36 muri RDF na ba Ofisiye babiri muri Polisi y’Igihugu ni bo basoje ariya masomo

ISOOKO: MoD website

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?