BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

admin
Last updated: October 15, 2022 6:12 am
admin
Share
SHARE

Ishuri rikuru rya Gisirkare rya Nyakinama, ryatanze impamyabushobozi ku basirikare 36 bafite ipeti rya Major na Capitaine, bamaze igihe biga amasomo yo kuyobora abandi.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo

Ku wa Gatanu tariki 14/10/2022, nibwo aba basirikare 36 n’abapolisi babiri ba offisiye barangije aya masomo yitwa mu Cyongereza, Junior Command and Staff Course.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo abera ku ishuri rya gisirikare rya Nyakinama, mu Karere ka Musanze.

Yashimiye ba offisiye basoje neza ariya masomo.

Lt Gen Mubarakh Muganga yavuze ko aya masomo aha ubumenyi mu bya gisirikare ba ofisiye bayitabira, akabafasha kumenya gutegura ibikorwa, kumenya inyungu z’umutekano w’igihugu, ndetse bakumva neza uko iby’umutekano bishobora kugenda bihinduka bitewe n’impamvu.

Umuyobozi wungirije wa ririya shuri rya Nyakinama, Col JC Ngendahimana we yavuze ko amasomo agenerwa ba ofisiye nka bariya, abaha ubumenyi bwo kuyobora abandi, no kubaha inshingano.

Aya masomo yamaze ibyumweru 20, yatangiye tariki 30 z’ukwezi kwa Gatanu asozwa ku ya 14 z’uku kwezi kwa cumi, 2022.

Ba Ofisiye 36 muri RDF na ba Ofisiye babiri muri Polisi y’Igihugu ni bo basoje ariya masomo

ISOOKO: MoD website

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?