BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 2, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Abasirikare 32 ba FARDC bafunzwe bazira guhunga urugamba

Abasirikare 32 ba FARDC bafunzwe bazira guhunga urugamba

sam
Last updated: July 3, 2024 3:12 pm
sam
Share
SHARE

Kuri uyu wa gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 abasirikare 32 bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), batangiye kuburanishirizwa i Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku byaha baregwa birimo guhunga M23 ubwo bari bahanganye na yo mu mirwano yabereye muri tumwe mu duce imaze kwigarurira.

Abaregwa guhunga umwanzi bahanganye harimo bane b’igitsina gore nk’uko bitangazwa n’Umuvigizi w’ingabo za RDC mu gice cya Grand-Nord, Lieutenant Colonel Mack Hazukay.

Ni ibyaha bakoreye muri Teritwari ya Lubero, aho M23 iheruka gufata uduce dutandukanye turimo imijyi ya Kanyabayonga na Kirumba.

Umuvugizi wa Sosiyete sivile ikorera muri Lubero yavuze ko mu byo bariya basirikare basahuye harimo imodoka na za moto basanze ku muhanda uhuza Kanyabayonga na Butembo.

Aba 32 Ubushinjacyaha bwa gisirikare bubakurikiranyeho ibyaha birimo guhunga umwanzi, gusesagura amasasu ndetse no gusahura abaturage.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse…

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

Ingabo za Israel (IDF) zongeye kugaba igitero gikomeye muri Iran nyuma y’amezi…

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Muhayimana yasabiwe gufungwa imyaka 15

2 Min Read
Ubutabera

Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo

1 Min Read
Ubutabera

Umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa washinze ‘Moshios’ yagarutse imbere y’Urukiko

2 Min Read
Ubutabera

Umunyeshuri w’i Karongi akurikiranyweho gutema abarimu babiri

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?