BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

sam
Last updated: August 11, 2025 10:20 am
sam
Share
SHARE

Igitangazamakuru cya Al Jazeera cyatangaje ko abanyamakuru bacyo batanu bahitanwe n’ibitero by’indege z’intambara z’igisirikare cya Israel cyagabye hafi y’ibitaro bya Al_shifa muri Gaza.

Iki gitangazamakuru kuvuga ko aba banyamakuru bacyo barashweho ubwo bari mu ihema ryabo kw’irembo ry’ibitaro mu gitero cyagabwe KU cyumweru.

Abahitanwe n’iki gitero barimo Anas al-Sharif na Mohammed Qreiqeh, hamwe n’abafata amashusho (cameramen) Ibrahim Zaher, Mohammed Noufal na Moamen Aliwa.

Nyuma y’iki gitero igisirikare cya Israel kigambye ko kivuganye aba banyamakuru ubwo ikigitero cyari kigamije guhitana by’umwihari Anas al-Sharif kimushinja gukorana n’umutwe  wa Hamas”.

Iki gitangazamakuru kuvuga ko nubwo hari abanyamakuru bacyo baguye muri ikigitero bise icy’ubugome ngo hari n’abandi cyahitanye muri rusange baba barindwi bahaburiye ubuzima.

Al Jazeera ivuga ko Al_shifa yari umunyamakuru w’ongenzi cyane kuko yagize uruhare mu kumenyesha isi yose ibibera muri Gaza .

Ntabwo ari ubwa mbere IDF yishe abanyamakuru ba Al Jazeera muri Gaza, ikavuga ko bakorana na Hamas.

Kuva Israel yatangira kugabwa ibitero muri Gaza abanyamakuru 186 ni bo bamaze kwicwa nk’uko umuryango mpuzamahanga iharanira kurinda abanyamakuru ubivuga .

Ni mu gihe Abantu barenga 61,000 bamaze kuhaburira ubuzima nk’uko minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas ibivuga.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye…

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe…

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Mu mahanga

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Ethiopia: Ikirunga cyarutse nyuma y’imyaka ibihumbi 12 gisinziriye 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?