BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Aug 11, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

sam
Last updated: August 11, 2025 10:20 am
sam
Share
SHARE

Igitangazamakuru cya Al Jazeera cyatangaje ko abanyamakuru bacyo batanu bahitanwe n’ibitero by’indege z’intambara z’igisirikare cya Israel cyagabye hafi y’ibitaro bya Al_shifa muri Gaza.

Iki gitangazamakuru kuvuga ko aba banyamakuru bacyo barashweho ubwo bari mu ihema ryabo kw’irembo ry’ibitaro mu gitero cyagabwe KU cyumweru.

Abahitanwe n’iki gitero barimo Anas al-Sharif na Mohammed Qreiqeh, hamwe n’abafata amashusho (cameramen) Ibrahim Zaher, Mohammed Noufal na Moamen Aliwa.

Nyuma y’iki gitero igisirikare cya Israel kigambye ko kivuganye aba banyamakuru ubwo ikigitero cyari kigamije guhitana by’umwihari Anas al-Sharif kimushinja gukorana n’umutwe  wa Hamas”.

Iki gitangazamakuru kuvuga ko nubwo hari abanyamakuru bacyo baguye muri ikigitero bise icy’ubugome ngo hari n’abandi cyahitanye muri rusange baba barindwi bahaburiye ubuzima.

Al Jazeera ivuga ko Al_shifa yari umunyamakuru w’ongenzi cyane kuko yagize uruhare mu kumenyesha isi yose ibibera muri Gaza .

Ntabwo ari ubwa mbere IDF yishe abanyamakuru ba Al Jazeera muri Gaza, ikavuga ko bakorana na Hamas.

Kuva Israel yatangira kugabwa ibitero muri Gaza abanyamakuru 186 ni bo bamaze kwicwa nk’uko umuryango mpuzamahanga iharanira kurinda abanyamakuru ubivuga .

Ni mu gihe Abantu barenga 61,000 bamaze kuhaburira ubuzima nk’uko minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas ibivuga.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

Igitangazamakuru cya Al Jazeera cyatangaje ko abanyamakuru bacyo batanu bahitanwe n'ibitero by'indege…

Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi 

Igisirikare cya Mali cyataye muri yombi abasirikare bagera kuri 20 barimo Général,…

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

Impuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa…

Polisi yarashe mu cyico abagabo babiri bakekwagaho ubwicanyi ubwo bageregezaga kuyirwanya

Abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu barindaga idepo y'inzoga mu Karere ka Rwamagana,…

Uganda: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Besigye cyo gufungurwa by’agateganyo

Umucamanza wo muri Uganda yateye utwatsi icyifuzo cya Dr. Kiiza Besigye cyo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

2 Min Read
Mu mahanga

Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

1 Min Read
Mu mahanga

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

2 Min Read
Mu mahanga

Ubwato bwarimo abimukira barenga 150 bwarohamye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?