BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Abafite ubumuga bwo kutabona nabo batekerejweho mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024

Abafite ubumuga bwo kutabona nabo batekerejweho mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024

sam
Last updated: June 19, 2024 2:44 pm
sam
Share
SHARE


Komisiyo y’igihugu y’Amatora NEC yashyizeho impapuro 4800 zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka .

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona basaba NEC ko izi mpapuro zagezwa mu ntara zose z’igihugu nabo bagafashwa kwihitiramo abayobozi bifuza.

Umunyamabanga wa komisiyo y’igihugu y’amatora Charles Munyaneza avuga ko ibisabwa n’ababana n’ubumuga bwo kutabona byose byakozwe ndetse n’abatazi gusoma inyandiko batekerejweho kuzafashwa n’abo babana badafite ubumuga ariko bataragira imyaka 18 y’amavuko.

Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko izi mpapuro zamaze gukorwa igisigaye ari ukuzishyikiriza ku masite azatorerwaho hirya no hino mu gihugu.

NEC iherutse gutangaza urutonde ntakuka rw’abamerewe kwiyamamariza kuba perezida wa repubulika batatu aribo Kagame Paul, Habineza Frank ndetse na Mpayimana Philippe, n’abiyamamariza umwanya w’abadepite 345 bagizwe n’abagore154 ndetse n’abagabo 191.

Kuri ubu Abanyarwanda bari kuri lisite y’itora barenga miliyoni icyenda .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yitabiriye inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika (ISCA).

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Amerika yashyikirije u Rwanda na DRC umushinga w’amasezerano y’amahoro

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Côte d’Ivoire

2 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?