BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 24, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

admin
Last updated: March 24, 2026 9:48 am
admin
Share
SHARE

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umusirikare mu Ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF), Sergeant Tumwesigye Robert, umurambo we wasanzwe mu rugo rwe nyuma y’iminsi aburiwe irengero.

Sgt Tumwesigye, wabarizwaga muri Diviziyo ya 2 akaba yakoreraga mu biro by’ubutasi ku mupaka wa Mukokye mu ntara ya Maziba, yasanzwe nta buzima ku buriri bwe mu gitondo cya kare.

Ibinyamakuru byo muri Uganda bivuga ko hari hashize iminsi igera kuri itanu hatazwi ahantu ahererey bitamenyekana, bituma impungenge muri bagenzi be ndetse n’abayobozi b’inzego z’ibanze.

Iki kibazo cyamenyekanye ubwo umuyobozi waho, Christopher Nkaneziyo, yabimenyeshaga polisi nyuma yo kubona ko umusirikare amaze igihe abuze.

Abayobozi bo kuri sitasiyo ya Polisi ya Maziba bahise bagera aho hantu kugira ngo bafate ibimenyetso mbere yo kohereza umurambo mu buruhukiro bw’Ibitaro by’Akarere ka Kabale kugira ngo ukorerwe ibizamini bya ‘autopsy’.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kim Jong Un yigambye ko nta kizamubuza gukora intwaro za nucléaire

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko nta kizabuza…

Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu…

AFC/M23 yatanze impuruza ku mperuka iri kuba mu Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe, watanze…

Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Iran irahakana ko hari ibiganiro hagati ya Tehran…

Igisubizo Kabila yatanze abajijwe niba atabona ko ari ikibazo kuba aba ahari icyicaro cya AFC/M23

Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa DRC, avuga ko kuba ari i…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Colombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse

1 Min Read
Mu mahanga

M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

1 Min Read
Mu mahanga

RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

1 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abakora mu by’indege bateguje indi myigaragambyo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?