BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 24, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

admin
Last updated: March 23, 2026 9:11 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Iran irahakana ko hari ibiganiro hagati ya Tehran na Washington

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Iran yasohoye itangazo, igira iti: “Turahakana ibyo Perezida wa Amerika Donald Trump yavuze ku bijyanye n’ibiganiro biri kuba hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya Ki-Isilamu ya Iran.”

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yongeraho ati: “Repubulika ya Ki-isilamu ya Iran ikomeje kugendera ku gitekerezo cyayo cyo kwanga ibiganiro ibyo ari byo byose mbere yuko intego za Iran muri iyi ntambara zigezweho.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Iran irahakana ko hari ibiganiro hagati ya Tehran…

Igisubizo Kabila yatanze abajijwe niba atabona ko ari ikibazo kuba aba ahari icyicaro cya AFC/M23

Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa DRC, avuga ko kuba ari i…

Perezida Kagame yabajije Abayobozi barya ruswa impamvu bigereranya n’ikibi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yabajije Abayobozi mu nzego zitandukanye…

Colombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse

Indege y’ingabo zirwanira mu kirere yarimo abasirikare babarirwa hagati ya 80 na…

Trump yaciye amarenga yo guhagarika ibitero kuri Iran vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaciye amarenga ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Trump yatangaje ko America ishaka kuganira na Iran ariko ko ikibazo ari kimwe

2 Min Read
Amerika

Iran yemeje urupfu rw’Umuyobozi w’Inama y’Umutekano yayo

2 Min Read
Amerika

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

3 Min Read
Amerika

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?