BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

admin
Last updated: March 11, 2026 7:57 pm
admin
Share
SHARE

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020 kugeza muri Nzeri 2022, yafunguwe kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 kubera uburwayi bukomeye.

Gen Bunyoni Yatawe muri yombi muri Mata 2023, ashinjwa ibyaha bifitanye isano no gushaka kugirira nabi Perezida Evariste Ndayishimiye n’ibyo guhungabanya ubukungu bw’igihugu,ni ibyaha byaje kumuhama akatirwa igifungo cya burundu.

Icyakora, Bunyoni yakomeje guhakana ibyo byaha byose kuva yatabwa muri yombi.

nyuma y’uko impirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zimusuye mu cyumba cyihariye yari afungiwemo zagaragaraje ko ashobora gupfa kubera uburwayi bwa Diabete yageze ku gipimo cyo hejuru,no guhungabana kw’ubuzima bwo mu mutwe,yagiye avurizwa mu mavuriro atandukanye harimo aya Gitega na Bujumbura biba iby’ubusa, bikaba byitezwe ko ashobora kujya kuvurirwa mu mahanga.

Andi makuru avuga ko Bunyoni yaba yarekuwe ku busabe bwa Leta ya Tanzania, by’umwihariko ishyaka Chama Cha Mapinduzi riyoboye igihugu.

Usibye gufungwa burundu, urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwanafatiriye imitungo yose yari afite.

Gen Bunyoni yafunguranwe n’abandi bantu babarirwa mu 10 kubera impamvu z’uburwayi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?