BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

admin
Last updated: March 10, 2026 3:09 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu babiri bafatiwe mu byaha by’ubugome bitandukanye.

Aba basore barimo uw’imyaka 27 n’ufite 31 bakurikiranyweho ibyaha birimo icy’ubwambuzi bushukana n’icyo gusambanya abana b’abakobwa nyuma yo kubizeza akazi.

Avuga ko umwe muri aba basore yashakaga abakozi, undi akitwa Umuyobozi wa kampani. Sebahizi Jean Christosme yajyaga muri Gare ya Nyabugogo gushaka abana b’abakobwa bashobora gushukwa mu buryo byoroshye, agafata Telephone akivugisha ari irunde rwe ngo “Urampemukiye niriwe ngutegereje muri Gare none burije.” Agahita yegera uwo mukobwa uri hafi ye agatangira kumubwira ati “None ko hari umukozi umpemukiye ntiwaza ugakora akazi kugira ngo boss atambwira nabi.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yashimangiye ko Urwego rw’Ubugenzacyaha rutazahwema gukurikirana abakora ibyaha n’abahungabanya ituze ry’abaturage.

Yagize ati “Turabamenyesha kandi turabizeza ko tutazadohoka. Tuzabarwanya kugeza ku wa nyuma. Ubushobozi, ubufatanye n’ubushake turabufite. Turasaba abaturage gufatanya, biha icyuho abantu babiba.”

Uyu Sebahizi, mu ibazwa rye, yavugaga ko kugira ngo abone ko uwo mukobwa yashukwa, yarebaga uwo yabonaga usa nk’umuturage “washukwa mu buryo bworoshye.”

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yasabye abaturage gukomeza kuba maso no kugira amakenga mu byo bakora mu kwirinda ubushukanyi bw’uburyo butandukanye.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

Ibiciro byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Muri Gashyantare 2026 ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025.…

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Imbunzi z'Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?