BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

admin
Last updated: March 6, 2026 6:21 pm
admin
Share
SHARE

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri gutwara ingengo y’imari itari yarateganyijwe ku rugero rwa miliyali $3.5

Intambara yo muri Iran iri ku munsi wa karindwi aho hakozwe imibare n’ikigo ‘Center for Strategic and International Studies (CSIS)’ cyagaragaje ko amasaha 100 ya mbere y’iriya ntambara hakoreshejwe miliyali $3.7.

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri gutwara ingengo y’imari itari yarateganyijwe ku rugero rwa miliyali $3.5

Iyi ntambara imaze gutwara abo muri Iran basaga 1230. Israel imaze kurasa ibisasu bya misile bisaga 2500 ariko kandi yangije hafi 80% y’ubwirinzi bwo mu kirere bw’igisirikare cya Iran.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane

2 Min Read
Amerika

Espagne ntiyumva impamvu yo gutera Iran

2 Min Read
Amerika

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

1 Min Read
Amerika

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?