BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 26, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

admin
Last updated: February 25, 2026 12:14 pm
admin
Share
SHARE

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’Ingabo za FARDC, zishyigikiwe n’inyeshyamba za Wazalendo, i Mahanga, umudugudu wo mu gace ka Butsike ( Gurupoma ya Nyamaboko I), muri Teritwari ya Masisi iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka mu nzego zitandukanye zaho avuga ko ingabo za leta zageze i Buhimba, mu gace kegeranye na Walikale, zigaba igitero ku birindiro bya AFC / M23 i Mahanga.

Biravugwa ko nyuma yo guhangana, inyeshyamba za AFC/M23 zavuye mu mudugudu wa Mahanga.

Abaturage bavuganye n’itangazamakuru muri ako gace batangaje ko inyeshyamba za AFC / M23 zasubiye mu ishyamba riri kariya gace ka Sheferi ya Osso Banyungu.

Hagaragaye kandi guhunga kw’baturage, aho imiryango myinshi yihutiye kuva Mahanga ihungira mu bihuru bihakikije.

Ntacyo uruhande rwa AFC/M23 rwatangaje kuri aya makuru yo kwamburwa ibirindiro.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

Abantu icyenda (9) ni bo byamenyekanye ko baguye mu gitero cya drone…

Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze…

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team…

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’Ingabo za…

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo kumvikana…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Zimbabwe: Abaturage batangiye gukingirwa umuti urinda SIDA

1 Min Read
Mu mahanga

Bobi Wine yasabwe kureka imikino y’injangwe n’imbeba

2 Min Read
Mu mahanga

DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Vatican yanze kwinjira muri gahunda y’amahoro ya Amerik

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?