BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 26, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

admin
Last updated: February 25, 2026 9:40 am
admin
Share
SHARE
19 February 2024, Berlin: Bobi Wine (Robert Kyagulanyi Ssentamu) comes to the Cinema for Peace Gala Berlin at the Westhafen Event & Convention Center (WECC). Photo by: Fabian Sommer/picture-alliance/dpa/AP Images

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo kumvikana na bwo kugira ngo ave mu bwihisho amazemo igihe kirenga ukwezi.

Uyu munyapolitiki wamenyekanye nka Bobi Wine, ari mu bwihisho kuva tariki ya 15 Mutarama 2026 ubwo muri Uganda hari hamaze kuba amatora y’Umukuru w’Igihugu.

Bobi Wine ntiyemera imigendekere y’aya matora n’intsinzi ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Avuga ko inzego z’umutekano ziri kumushakisha kugira ngo zimugirire nabi, bityo ko ari yo mpamvu akiri mu bwihisho.
Mu kiganiro yagiranye na televiziyo Channel 4 yo mu Bwongereza, Bobi Wine yatangaje ko azava mu bwisho igihe azabona ari ngombwa kugira ngo Leta imukorere icyo ishaka.

Umunyamakuru ati “Abantu bari kuvuga ko utahora mu bwihisho, iki ni igihe cyo kuganira na Museveni, yewe n’umuhungu we, Général [Muhoozi] uyoboye ingabo. Ibyo ubivugaho iki?”

Bobi Wine yasubije ko abaganira ari abafite ubwisanzure, asobanura ko we bitashoboka kuko bisa n’aho akandagiwe ku ijosi.
Ati:”ntiwaganira n’umuntu agukandagiue ku ijosi ngo uvuge uti noneho tuganire , abantu bisanzuye nibo baganira .Ibyo nibyo byaba Ari ibiganiro bisobanutse”.
Komisiyo y’amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Museveni yatsinze amatora ku majwi 71,65%, Bobi Wine agira 24,72%.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze…

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team…

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’Ingabo za…

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo kumvikana…

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

Itsinda rihuriweho rihagarariye ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Zimbabwe: Abaturage batangiye gukingirwa umuti urinda SIDA

1 Min Read
Mu mahanga

Bobi Wine yasabwe kureka imikino y’injangwe n’imbeba

2 Min Read
Mu mahanga

DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Vatican yanze kwinjira muri gahunda y’amahoro ya Amerik

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?