BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jan 17, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Nyanza: Abayobozi ba Hoteli Urubuto batawe muri yomb

Nyanza: Abayobozi ba Hoteli Urubuto batawe muri yomb

admin
Last updated: January 16, 2026 4:34 pm
admin
Share
SHARE

Polisi y’Igihugu (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto iherereye mu Karere ka Nyanza, bakurikiranyweho ibijyanye n’umusekirite warohamye muri ‘piscine’ y’iyi hoteli agahita apfa.

Nzabihimana Charles w’imyaka 45 wari umusekirite wa Hoteli Urubuto iherereye mu Mujyi wa Nyanza mu Mudugudu wa Gakenkeri A, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan yabwiye IGIHE ko abaturage babamenyesheje iki kibazo, bihutira kujya ahabereye impanuka.

Yagize ati “Ubu mu iperereza ry’ibanze, hari abayobozi babiri ba hoteli batawe muri yombi aho bafungiye kuri Polisi, Sitasiyo ya Busasamana, ngo babazwe ku by’uru rupfu.”

CIP Kamanzi yaboneyeho gusaba abashinzwe za hoteli by’umwihariko ahaba ibikorwa by’imyidagaduro nka ‘piscine’ gushyiraho abashinzwe kureberera abajya koga, kandi bagahora bahacungira hafi.

Yagize ati “Uwo mutekinisiye aba akwiye kuba ahari igihe cyose, niba piscine ifungura mu gitondo, igafunga nimugoroba akaba ahari igihe cyose ifunguye, yiteguye kuba yaha ubutabazi uwahagirira ikibazo cyose. Nta munota n’umwe ukwiye gutambuka nta muntu uri kuhacunga.”

Umurambo w’uwapfuye wajyanywe ku Bitaro by’Akarere ka Nyanza

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nyanza: Abayobozi ba Hoteli Urubuto batawe muri yomb

Polisi y’Igihugu (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba…

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyikirije abasifuzi mpuzamahanga b’Abanyarwanda ibirango by’impuzamashyirahamwe…

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Gihugu cy’u Burundi, riranengerwa kujandika abana…

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

Polisi y’u Rwanda yemeje ko mu murima uri hafi y’Ishuri ryo mu…

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

2 Min Read
Mu Rwanda

Kayonza: Agahinda ko gutsindwa kw’ikipe afana katumye yiyambura ubuzima

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda ruzongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida WA OIF

2 Min Read
Mu Rwanda

Kirehe: Uwakekwagaho ubwicanyi n’ubujura yarashwe na polisi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?