BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

admin
Last updated: January 8, 2026 2:39 pm
admin
Share
SHARE

Imyinshi muri iyi miryango ni ibigo bishamikiye ku Muryango w’Abibumbye byibanda ku mihindagurikire y’ikirere, umurimo, abimukira na politiki y’imibereho.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko ibigo bikora kuri gahunda zinyuranyije n’inyungu za Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Perezida Donald Trump yategetse Amerika kuva mu mashyirahamwe 66 mpuzamahanga, harimo n’inzego zikomeye z’Umuryango w’Abibumbye, mu rwego rwo kwihutisha kuva mu bufatanye mpuzamahanga kwa Washington.

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 7 Mutarama 2026, Trump yashyize umukono ku cyemezo cy’ubuyobozi gitegeka minisiteri zitandukanye za Amerika guhagarika imikoranire no gutera inkunga amashami 31 y’Umuryango w’Abibumbye n’imiryango 35 itari iya Loni ” kandi vuba bishoboka”, nk’uko byatangajwe na White House.

Iyi miryango yibanda ku mihindagurikire y’ikirere, kubungabunga, kurwanya iterabwoba n’uburenganzira bwa muntu n’ibindi.

Ni izihe nzego mpuzamahanga zikomeye Amerika yikuyemo?

The UN Framework Convention on Climate Change (UNFCCC):

UN Women

Ibiro by’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru bishinzwe abana ahabera amakimbirane

Ibiro by’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina mu makimbirane

UNFPA

IUCN (The International Union for Conservation of Nature)

UNCTAD (UN Conference on Trade and Development)

UN-Habitat n’indi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye

1 Min Read
Amerika

Zelenskyy yasabye Amerika gushimuta umwe mu bayobozi bo mu Burusiya

1 Min Read
Amerika

Perezida wa Colombie yaburiye Amerika ishaka kumufunga nka Maduro

2 Min Read
Amerika

Ingabo z’Amerika zataye muri yombi Perezida Maduro n’umufasha we

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?