BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

admin
Last updated: December 5, 2025 2:43 pm
admin
Share
SHARE

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Amakuru avuga ko uyu muyobozi yatawe muri yombi ku wa 2 Ukuboza 2025.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mukandayisenga Antoinette mu kiganiro na IGIHE ya uze ko adahamya ko uyu muyobozi afunzwe ariko afite amakuru yo kuba ari gukurikiranwa.

Yagize ati “Kuva kuwa kabiri, yasabye uruhushya avuga ko hari amakuru ubugenzacyaha bumukeneyeho. Ntabwo nahamya ko afunzwe, gusa dufite amakuru ko arimo abazwa na RIB. Ibindi bifitanye isano na byo nitubimenya tuzabitangaza.”

Meya Mukandayisenga yahumurije abaturage ko serivisi zatangwaga n’uyu muyobozi zitahagaze, kuko inshingano ze Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere arimo kuzitanga mu kuziba icyuho.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

1 Min Read
Mu Rwanda

Akari ku mutima wa Gloria Mukamabano wasezeye kuri RBA

2 Min Read
Mu Rwanda

Tour du Rwanda: Impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri abandi batandatu barakomereka

2 Min Read
Mu Rwanda

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho yahakanye ibya ‘Monetisation’

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?