BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Huye: urujijo ku cyateye urupfu rw’ umusaza w’imyaka 72 wagaragaye ku muhanda yashizemo umwuka

Huye: urujijo ku cyateye urupfu rw’ umusaza w’imyaka 72 wagaragaye ku muhanda yashizemo umwuka

admin
Last updated: November 10, 2025 10:29 am
admin
Share
SHARE

Umurambo w’umusaza witwa Uwitije Jean Claude wakoraga akazi ko gucukura imva mu irimbi rya Ngoma mu Karere ka Huye yagaragaye mu nzira, hakekwa ko yazize inzoga.

Uyu murambo wagaragaye mu gitondo cyo ku wa 9 Ugushyingo 2025, mu Kagari ka Ngoma, Umurenge Ngoma,Akarere ka Huye, uri ku nzira nyakwigendera yubitse inda.

Amakuru ava mu baturage avuga ko uyu yari amaze iminsi agaragaza intege nke, bakabona ko yari arwaye, ariko akabiherekesha kunywa inzoga, ari naho bahera bakeka ko arizo zamwishe.

Umuvugizi wa Polisi, mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yavuze ko amakuru atangwa n’abo bajyaga basangira, avuga ko yari amaze iminsi ibiri agaragaza intege nke, agakunda kuba yicaye babona ameze nk’urwaye.

Yagize ati ‘‘Mu gitondo yagaragaye yitabye Imana. Yari aryamye hasi ku nzira yubitse inda, nta bikomere agaragaza, Polisi na RIB bamaze kumenyeshwa, bahageze bafata umurambo bawujyana ku Bitaro bya Kaminuza bya Butare, CHUB, kugira ngo ukorerwe isuzuma.’’

Yongeyeho ko umuryango wa nyakwigendera wahise umenyeshwa iby’uru rupfu anaboneraho kuwihanganisha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge na nyiri Uruganda rw’inzoga batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo…

Indege yarimo abarimo Minisitiri muri Congo yakoze impanuka

Indege yarimo intumwa ziyobowe na Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri DRC wari…

Perezida Tshisekedi wa DRCongo na Ndayishimiye w’u Burundi binjiye mu bundi bufatanye nyuma y’ibya gisirikare

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yakiriye mugenzi we…

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

1 Min Read
Mu Rwanda

Meteo Rwanda yateguje imvura irenze iteganyijwe kugeza ku wa 20 Ugushyingo

2 Min Read
Mu Rwanda

Gisozi :Mu ishyamba habonetse umurambo w’uwo bikekwa ko yishwe 

2 Min Read
Mu Rwanda

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?