BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

admin
Last updated: October 22, 2025 9:45 am
admin
Share
SHARE

Ihuriro rya AFC/M23 Kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Ukwakira 2025 ryatangaje ko FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero bya Drone mu bice bayobora bya Walikale na Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Mu itangazo umuvugizi w’iri huriro Lawrence Kanyuka abinyujije kuri X yatangaje ko ibi bitero byibasiye uduce dutuwe n’abaturage twa Nyarushyamba muri Masisi na Kashebere muri Masisi ndetse n’ibindi bice bihana imbibi.

Kanyuka ayakomeje avuga ko ibi bitero bigamije akubangamira inzira z’amahoro zo gucyemura amakimbirane amaze imyaka zashyizweho na Doha ndetse no kwica agahenge kemeranyijweho n’impande zombi.

Iri huriro akandi riratanga umugabo ku bayobozi b’ibihugu by’akarere ndetse no kutarebera ibikorwa bya leta ya Kinshasa Kandi ko ritazarebera igihungabanya abaturage b’abasivile .

N’ibitero bije bikurikiranye nyuma y’icyo ku wa 21 Nyakanga 2025 I Kalembe na Mpeti muri Kivu ya Ruguru.

Kugeza ubu ntacyo ingabo za leta FARDC ntacyo ziravuga kuri ibi bitero .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

1 Min Read
Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

Rutshuru: Wazalendo zagabye ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Tongo

2 Min Read
Umutekano

DRC :Abajura bitwaje intwaro bahanganye na polisi i Kinshasa 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?