BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

sam
Last updated: September 11, 2025 9:59 am
sam
Share
SHARE

Uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rongi mu karere ka Muganga wari warafunzwe ashinjwa kwakira ruswa urukiko rwamugize umwere runategeka ko ahita afungurwa.

Nteziyaremye Germain yatawe muri yombi ku wa 27 Gashyantare 2025 akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi 150 Frw.

Amakuru Ubushinjacyaha butanga avuga Germain yakiriye ruswa y’ amafaranga y’abantu yizezaga ko ashobora kubafunguriza umuntu wabo.

muri icyo gihe cy’itabwa musangbos muri yombi rye , hanatawe muri yombi umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha Gatesi Francine akurikiranyweho icyaha cy’ubufatanya cyaha mu kwaka no kwakira ruswa.

Gusa Francine we yahise afungurwa by’agatenganyo.

Imbere y’urukiko Germain yahakanye ibyaha ashinjwa avuga ko amafaranga bise ruswa yari aya Kompanyi yitwa Ngali yari amande bari baciwe kubera gutema ishyamba rya Leta.

Kuri uyu wa 10 Nzeri urukiko rwisumbuye RWA Muhanga rwavuze ko ibimenyetso byatanzwe n’ubushinjacyaha bidahagije kugira ngo Nteziyaremye Germain ahamwe n’icyi cyaha.

Urukiko rugaragaza ko rugendeye ku igenzura ryakozwe muri MTN ndetse n’imyeregurire y’uregwa bitatuma akomeza gufunga.

Urukiko Kandi rwanategetse ko ahita asubizwa telefoneye yari yarafatiriwe mu gihe cy’iperereza

Uretse Kandi Nteziyaremye wagize umwere urukiko rwanagize umwere Gatesi Francine umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yafashwe agiye kwaka serivise za leta

3 Min Read
Ubutabera

Kinshasa :Umusirikare ushinjwa gusomana n’umukunziwe yambaye impuzankano yakatiwe

1 Min Read
Ubutabera

Kigali: Umuvugabutumwa wagaragaye asaba abakiristu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yatawe muri yombi

2 Min Read
Ubutabera

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?