BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

sam
Last updated: September 11, 2025 9:59 am
sam
Share
SHARE

Uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rongi mu karere ka Muganga wari warafunzwe ashinjwa kwakira ruswa urukiko rwamugize umwere runategeka ko ahita afungurwa.

Nteziyaremye Germain yatawe muri yombi ku wa 27 Gashyantare 2025 akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi 150 Frw.

Amakuru Ubushinjacyaha butanga avuga Germain yakiriye ruswa y’ amafaranga y’abantu yizezaga ko ashobora kubafunguriza umuntu wabo.

muri icyo gihe cy’itabwa musangbos muri yombi rye , hanatawe muri yombi umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha Gatesi Francine akurikiranyweho icyaha cy’ubufatanya cyaha mu kwaka no kwakira ruswa.

Gusa Francine we yahise afungurwa by’agatenganyo.

Imbere y’urukiko Germain yahakanye ibyaha ashinjwa avuga ko amafaranga bise ruswa yari aya Kompanyi yitwa Ngali yari amande bari baciwe kubera gutema ishyamba rya Leta.

Kuri uyu wa 10 Nzeri urukiko rwisumbuye RWA Muhanga rwavuze ko ibimenyetso byatanzwe n’ubushinjacyaha bidahagije kugira ngo Nteziyaremye Germain ahamwe n’icyi cyaha.

Urukiko rugaragaza ko rugendeye ku igenzura ryakozwe muri MTN ndetse n’imyeregurire y’uregwa bitatuma akomeza gufunga.

Urukiko Kandi rwanategetse ko ahita asubizwa telefoneye yari yarafatiriwe mu gihe cy’iperereza

Uretse Kandi Nteziyaremye wagize umwere urukiko rwanagize umwere Gatesi Francine umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

RCS yashyizeho umutwe w’abakomando kabuhariwe mu guhosha imyigaragambyo

4 Min Read
Ubutabera

Nyanza: Nyuma yo kumara imyaka 23 yihishe mu mwobo, yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

2 Min Read
Ubutabera

Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

2 Min Read
Ubutabera

Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?