BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Nyamasheke: Hamaze kumenyeka imibare y’agateganyo y’ababuriye ubuzima mu mpanukay’urukuta rwagwiriye abubakaga Urugomero rw’Amashanyarazi  

Nyamasheke: Hamaze kumenyeka imibare y’agateganyo y’ababuriye ubuzima mu mpanukay’urukuta rwagwiriye abubakaga Urugomero rw’Amashanyarazi  

sam
Last updated: September 9, 2025 2:50 pm
sam
Share
SHARE

Impanuka y’urukuta rw’urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyirahindwe ruri kubakwa mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke, rwagwiriye abakozi, yahitanye abantu umunani.

Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Nzeri 2025, ahari kubakwa uru rugomero mu Mudugudu wa Rwaramba mu Kagari ka Bisumo mu Murenge wa Cyato.

Ni impanuka yabaye mu gitondo cya none, aho abakozi bari binikije imirimo bakora kuri uru rugomero ruzatanga amashanyarazi ruriho rwubakwa.

Amakuru amaze kumenyekana, kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ni uko abantu umunani ari bo bamaze kumenyekana ko basize ubuzima muri iyi mpanuka.

Amakuru y’iyi mpanuka kandi yemejwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Narcisse Mupenzi, wavuze ko ikimara kuba, byahise bimenyeshwa ubuyobozi bw’Akarere, na bwo bukaba bwihutiye kujya aho yabere ndetse n’inzego z’ubuzima kugira ngo hakorwe ubutabazi.

Uru ruganda ruri kubakwa ku bufatanye bwa Leta n’abashoramari, imirimo yo kurwubaka, igeze kuri 70% nk’uko byemezwa n’abakurikiranira hafi iyi mirimo

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ghana yemeje ko yakiriye abimukira 14 birukanwe muri Amarika

1 Min Read
Mu Rwanda

Byamasheke: Nyuma y’impanuka y’urukuta ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi igahitana abantu 8 hari abahise batabwa muri yombi

1 Min Read
Mu Rwanda

RIB yerekanye abiyise “ABAMENI” bacucuraga abaturage utwabo bakoresheje uburiganya

1 Min Read
Mu Rwanda

Minisitiri w’Uburezi yasabye ababyeyi kudaterera iyo mu burezi bw’abana babo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?