BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

sam
Last updated: August 15, 2025 10:25 am
sam
Share
SHARE

Raporo y’umurayango wa bibimbye y’uyu mwaka igaragaza ko ibyaha bushingiye ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bice byugarijwe n’intambara ku Isi byiyongereyeho 25% muri uyu mwaka ugeraranyije n’ushize wa 2024.

Ni raporo yatangajwe ku wa 14 Kanama 2025 n’umunyamabanga mukuru wa Loni Antonio Guterres igaragaza ko irihohoterwa ahanini rikorea n’imitwe yitwaje intwaro mu bice birimo intambara .

Iyi raporo Kandi igaragaza ko abagera ku 4600 aribyo bagize amahirwe yo kurokoka iri hohoterwa .

Hagaragaramo Kandi uruhare rw’ingabo za leta zikora ibikorwa byihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bihugu birimo intambara birimo DRC,Haiti,Somaria na Sudani Y’Epfo.

Iyi raporo nanone igaragaza imitwe yitwaje intwaro ya leta n’itari iya leta isaga 63 ko ikekwaho kugira uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abagore n’abakobwa ndetse n’ibindi bikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu.

Uretse imitwe yitwaje intwaro igaragara muri iyi raporo Kandi loni ivuga ko n’ingabo za leta nazo zikora ibikorwa by’ihohiterwa rishingiye ku gitsina n’ibindi byaha by’oshimisha mubiri mu bihe by’intambara cyane cyane muri ibi bihugu byavuzwe haruguru.

Iyi raporo ya loni ivuga ko ibi bikorwa by’i yoko muntu bikorwa mu gihe cy’intambara ndetse na nyuma yayo bigakorerwa abagore n’abakobwa bagizweho ingaruka n’intambara.

Loni isaba ko hashyirwaho ubutabera abagizweho ingaruka n’iri hohoterwa bakarenganurwa ndetse hagashyirwamo imbaraga mu gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu gihe cy’imidugararo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Intambara iratutumba hagati ya Amerika na Venezuela 

2 Min Read
Amerika

Trump yategetse ko igice kimwe cya ’White House’ gisenywa

1 Min Read
Amerika

Amerika yamaganye uburyo agahenge katubahirizwa muri RDC

2 Min Read
Amerika

Guhura kwa perezida Trump na Putin kwateje impagarara

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?