BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

sam
Last updated: August 13, 2025 10:48 am
sam
Share
SHARE

Abaturage mu Burundi baravuga ko batewe impungenge n’Imbonerakure zikubutse mu ntambara muri Repibulika iharanira demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 zitashye amara masa ko zizabiba.

Izi nsoresore zivuga ko zagambaniwe na leta kuko zemerewe amafranga mbere yo kugenda ntizayahabwa kandi ko imiryango yabo itigeze ifashwa na rimwe.

Bavuga ko binjijwe mu gisirikare basezeranywa Amadorali 500 y’Amerika ndetse no kwishyurirwa ibiribwa ariko amaso yaheze mu kirere .

Aba basore b’urubyiruko rw’imbonerakure bavuga ko leta yari yarabemereye ko imirwango yabo izahabwa indishyi mu gihe hagize ugwa ku rugamba nyamara leta ngo yabirengeje ingohe bavuga ko usibye no guhabwa indishyi umuryango utemerewe no gushyingura cyango ukore ikiriyo cy’umuntu wabo.

Mu myaka yashize imbonerakure zagiye ziherekeza ingabo za leta mu bikorwa byo guhiga abarwanyi n’imitwe yitwaje intwaro irwanya leta y’u Burundi ,nyuma y’aho perezida w’iki gihugu yemereye perezida Tshisekedi WA DRC KU mufasha kurwanya umutwe wa M23 wamuzonge n’imbonerakure zoherejwe muri uru rugamba.

Leta y’u Burundi yagiye ihakana kenshi ko ntangabo n’imbonerakure yohereje muri iyi ntambara iri mu burasirazuba bwa DRC ,icyokora igitangazamakuru SOS cyagiye gitangaza inkuru nyinshi zivuga ku mpfu z’imbonerakure zingwa ku rugamba zihanganyemo na M23 ariko imiryango yabo ntihabwe indishyi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Guhura kwa perezida Trump na Putin kwateje impagarara

Abashyigikiye Ukraine babarirwa mu bihumbi bateguye imyigaragambyo yamagana umuhuro wa perezida wa…

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

Raporo y'umurayango wa bibimbye y'uyu mwaka igaragaza ko ibyaha bushingiye ku ihohoterwa…

Burundi : Umu ofisiye mukuru muri polisi akurikiranyweho gucuruza lisanse mu buryo butemewe n’mategeko

Inzego z'imutekano mu Burundi zataye muri yombi Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega,…

Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane

Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za…

Gatsibo: Abaturage bikusanyirije miliyoni 12 Frw zo gusana ibiro by’Akagari  

Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Polisi yashyize umucyo ku buryo bukoreshwa hapimwa abatwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha

2 Min Read
Umutekano

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

2 Min Read
Umutekano

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

1 Min Read
Umutekano

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?