BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Aug 11, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

sam
Last updated: August 11, 2025 9:36 am
sam
Share
SHARE

Impuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa Kongo zikomeje kwifuza gutaha.Ariko zikabangamirwa n’ibitero by’ubuje ubukana bya ADF .

Impunzi zivugwa zahunze mu bice bya Walese Vonkutu na Banyali Tchabi, à Komanda, mu ntara ya Ituri. Impunzi nk’izi ziherereye muri site ya Kobonge na Baiti , aho bacumbikiwe n’abavandimwe bari basanzwe batuye muri ibyo bice.

Kugeza ubu biravugwa ko ingabo za MONUSCO zamaze gusaba izi mpunzi gusubira mu ngo zabo nyuma yo kubasura mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 8/8/2025. N’ubwo nyine ADF ikomeje kwitambika.

Ubufasha bwa nyuma izi mpunzi ziheruka bwatanzwe ku itariki ya 30 Gicurasi 2025. Kuva ubwo, babayeho basabiriza bijyanye no gukora imirimo iciriritse. Bamwe bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritesha agaciro, abandi bakavuga ko hari abagore basambanywa ku ngufu mu mirima.

Bati”Tubayeho nk’abibagiranye. Abagore bacu bahura n’ingaruka zo gufatwa ku ngufu iyo bagiye guhinga mu ishyamba. Twatakaje byose duhunga inyeshyamba. Kugeza ryari tuzakomeza kubaho gutya?”, niko umwe mu mpunzi yibaza.

Gusubira mu byabo biracyagoye, imidugudu yabo iracyugarijwe n’imitwe y’inyeshyamba ya ADF n’indi mitwe yitwaje intwaro yo mu karere. Abimuwe basaba inzego z’umutekano kugarura amahoro kugira ngo babashe kongera kubaho ubuzima busanzwe.(Radio Okapi)

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

Igitangazamakuru cya Al Jazeera cyatangaje ko abanyamakuru bacyo batanu bahitanwe n'ibitero by'indege…

Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi 

Igisirikare cya Mali cyataye muri yombi abasirikare bagera kuri 20 barimo Général,…

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

Impuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa…

Polisi yarashe mu cyico abagabo babiri bakekwagaho ubwicanyi ubwo bageregezaga kuyirwanya

Abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu barindaga idepo y'inzoga mu Karere ka Rwamagana,…

Uganda: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Besigye cyo gufungurwa by’agateganyo

Umucamanza wo muri Uganda yateye utwatsi icyifuzo cya Dr. Kiiza Besigye cyo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

2 Min Read
Mu mahanga

Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

1 Min Read
Mu mahanga

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

2 Min Read
Mu mahanga

Ubwato bwarimo abimukira barenga 150 bwarohamye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?